Abanyeshuri barenga ibihumbi 74 batangiye ibizamini ngiro bya Leta

Kuri uyu wa 3 Kamena 2026 Minisiteri y’Uburezi yatangije ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga barimo gukora ibizamini ngiro. Ni ibizamini bizakorwa kuva ku wa 3 kugeza ku wa 22 Kamena 2026 n’abanyeshuri 70,504 biga mu mashuri asanzwe ndetse n’abandi 3,581 bigenga. Ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

Ibirori bya Grandparents Day muri Green Hills Academy byitabiriwe na Perezida Kagame

H.E Kagame Paul na Madamu we Jeannette Kagame ni bamwe bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandparents Day] muri Green Hills Academy biba ku wa 20 Gicurasi buri mwaka bikarangwa mo ibikorwa bigiye bitandukanye Perezida Paul Kagame na Madamu we bishimiye igitaramo mu mbyino gakondo z’umuco nyarwanda zabyinwe n’abana biga mu mwaka wa…

Soma inkuru yose

Gitisi TSS: Animatrice na Animateur Ibirenge byabo byerekeza mu bucamanza nyuma y’inkoni

Ruhango- Gitisi TSS hagaragaye icyuho mu miyoborere ubwo abanyeshuri bakubiswe kugera bajyanwe kwa muganga , ni Mu gihe kandi ibigo by’imyuga n’ubumenyingiro bikomeje gufatwa nk’inzira y’iterambere ry’urubyiruko mu Rwanda, ku wa 19 Ugushyingo 2025 i Gitisi–Ruhango habaye igisa n’isomo rikomeye kubarezi bitwaza guhana abanyeshuri bakabakubita ndetse bakabakomeretsa, hagaragazwa uburezi bushingiye ku burere bwiza, nyuma y’uko…

Soma inkuru yose