Ronaldo yagowe no kwigaragaza mu gihe ibindi bihanganjye byatitije igikombe cy’Isi
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yagowe cyane no kwigaragaza mu mukino w’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyo mu mwaka wa 2026, aho ikipe ye yaguye miswi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Cong bimwe mu byatunguye benshi. Uyu mukino warangiye ari igitego 1-1, bituma Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibona inota rya mbere mu mateka…

