Cristiano Ronaldo yaraye yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite

Cristiano Ronaldo uri mu bambere muri ruhago, yatwaye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite muri uyu mwaka w`imikino wa 2025/2026 ku nshuro ya mbere kuva yagera muri Al Nassri, acyongera ku bindi bikombe asanzwe afite. Cristiano Ronaldo yageze muri Al Nassr yo muri Saudi Pro League muri 2022, aho yari aje kuyikinira ndetse no kuyihesha…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Riyadh, agirana ibiganiro na Prince Mohammed bin Salman mbere y’inama ya Future Investment Initiative

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Riyadh muri Arabia Saudite aho yatangiriye uruzinduko rwe rw’akazi agirana ibiganiro byihariye na Nyiricyubahiro, Igikomangoma Mohammed bin Salman, Umuyobozi Mukuru w’Igihugu cya Arabia Saudite. Uru ruzinduko ruje mbere y’itangizwa ku mugaragaro ry’Inama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Future Investment Initiative (FII), igeze ku nshuro ya…

Soma inkuru yose