U Rwanda na Afurika y’Epfo byafashe umwanzuro mushya;

U Rwanda na Afurika y’Epfo byatangiye urugendo rushya rwo kuzahura umubano wabyo nyuma y’imyaka myinshi yaranzwe n’umwuka utari mwiza hagati y’ibihugu byombi, aho ibiganiro byahuje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier J.P. Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, byageze ku myanzuro ifatika irimo gusubizaho gahunda ya viza ku Banyarwanda no…

Soma inkuru yose