U Rwanda mu Bihugu 10 Biri Kwitwara neza ku Mugabane w’Afurika
U Rwanda rwongeye kugaragara mu bihugu 10 bya mbere bihagaze neza kandi bitera imbere ku mugabane w’Afurika muri 2026. Ibi bikeshwa imiyoborere myiza n’izamuka ry’ubukungu riri mu bya mbere ku isi , aho Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzamukaho 7.2% . Iri terambere rishingiye ku bukungu burimo guhindura no kohereza…

