None kuwa 21 mutarama 2026 ikipe ya Al Merrikh SC yakiriye ikipe ya Rayon Sports Mumumukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona, n’umukino watangiye isaa 15;00 za kigali ubera Kuri stade ya kigali pele Numukino waranzwe nimbaraga nyinshi ndetse n’ishyaka kumpande zombi yaba Ikipe ya Rayon sports na Al Merrikh SC
Mugice cya mbere cyarangiye Rayo sports yihariye umukino doreko yari iyoboye umukino n’ibitego 2:0 kimwe cyatsinwe na Tambwe Gloire kumunota wa 8 ikindi kinjira kumunota wa 33 gitsinzwe na kitoko Likau , bajya kuruhuka Rayon sports ifite insinzi yayo , Ibi nibyo byatumbe Rayon sports, abakunzi ndetse nabafana biyi kipe biha ikizere ko ishobora gutahukana insinzi maze ikagarura ibyishimo imaze iminsi yarimye abafana ndetse nabakunzi bayo muri Rusange Doreko mumikino 2 iheruka iyi kipe yatsinzwemo ibitego 8 ndetse bayitwarana nigikombe cya Super cup kurubu imaze iminsi 333 muburibwe .
Igice cya 2 ariko siko byagenze kuko ngo barinde ibyagezweho kuko ikipe ya Al Merrikh SC yishyuye kumunota wa 48 igitego cya 1 gitsinzwe na Bachir Bangoura, bongeramo ikindi kandi kumunota wa 88 gitsinzwe na Moise camara ninuku kandi byarangiye kuko iminota 90 yumukino yarangiye ari 2-2 zigabana amanota zombi.

