RIB yafashe abantu bakubise umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, rwatangaje ko rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge. Abo bafashwe ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo ikiri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Uyu muturage yagaragaye mumashusho…
