Musundi Wanyonyi Bernadette : Umugore w’Impinduramatwara mu Miyoborere ya Kenya

Mu mateka y’imiyoborere ya Kenya, hari amazina yagiye asiga umurage ndetse namateka bidasanzwe. Muri ayo harimo Bernadette Wanyonyi Musundi, umugore w’inararibonye wamamaye mu guteza imbere imiyoborere myiza no guharanira amahirwe angana hagati y’abagore n’abagabo uyu munsi twashatse kubasangiza ibigwi bye ndetse namateka yibyamuranze mumibereho ye . Bernadette si umuyobozi wamenyekanye gusa kubera inshingano yakoranye ubushake…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Abanyerondo bafashwe barimo kwiba aho bari bashinzwe gucunga umutekano

Mu gace ka Banda, umurenge wa Rangiro, akarere ka Nyamasheke, habaye ikibazo cyatangaje benshi nyuma y’uko abanyerondo babiri bo mu irondo ry’umwuga bafashwe n’abo bakoranaga barimo kwiba ni mugihe kandi aho bibye ari centre bakoreragamo bashinzwe umutekano wamaduka arimo kandi no kubungabunga umudendezo wiyo centre . Abafashwe ni Ndayishimiye Elie na Dusingizimana Emmanuel, bombi basanzwe…

Soma inkuru yose

Kuva kubusa kugera ku bukungu buhanitse: Mu Rwanda ibikorwa birivugira

Ku buyobozi bwa Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwanyuze mu rugendo rw’iterambere ryihuse rishingiye ku bukungu, imibereho myiza, uburezi, amahoro n’umutekano. Mu rwego rw’ubukungu, igihugu cyagaragaje umuvuduko ukomeye mu myaka ishize. Mu 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 8.9% ugereranyije na 8.2% mu 2023, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2025 bwari…

Soma inkuru yose

uBurundi mu itsinda riharanira amahoro n’ubutabera mpuzamahanga

Mu nama y’Itsinda ry’Inshuti zishyigikiye Itegeko Nshinga ry’Umuryango w’Abibumbye (Friends in Defense of the UN Charter), Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Venezuela, Yván Gil, yatangaje ko uBurundi bwakiriwe nk’umunyamuryango mushya, ashimira ubwitabire n’icyubahiro bwagaragaje. Uyu muyobozi yavuze ko iri tsinda rimaze imyaka ine rishinzwe ritangiye kugaragaza umusaruro mu bikorwa byo guharanira amahoro ku isi, Minisitiri Gil…

Soma inkuru yose

HEHE NA STRESS HAVUMBUWE UBURYO BUSHYA BWOKUYIRWANYA

Mu Bushinwa, urubyiruko rwadukanye uburyo budasanzwe bwo kwirwanyiriza umujagararo n’ibimenyetso bijyana na wo, nko guhangayika no kubura ibitotsi, rukonka tetine zizwi ubundi ko zagenewe abana, nubwo bavuga ko hari n’izabakuru Ubundi tetine zimenyerewe ku banaUrubyiruko rw’aho mu Bushinwa, ruhura na byinshi birutera umujagararo, nk’ibibazo bijyanye n’akazi, amikoro nko kubona ingwate ku nguzanyo, kwishyura imyenda baba…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie agiye kuririmbira muri Shampiyona ya PFL Africa i Kigali

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda, Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie, yatangajwe nk’umwe mu bahanzi bazasusurutsa abafana bazitabira Shampiyona y’Iteramakofe ya PFL Africa (Professional Fighters League Africa) izabera mu Mujyi wa Kigali. Ibi birori by’amateka bizabera muri BK Arena ku wa Gatandatu, tariki ya 18 Ukwakira 2025, aho bizahuza imikino ikomeye ya MMA (Mixed Martial…

Soma inkuru yose

Ibikoresho bya FERWAFA munzu ya Camarade

Mugihe ubushinjacyaha bukomeje gukusanya ibimenyetso urugo rwa Camarade rwasanzwemo imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi hakibazwa icyo iyo myenda imara murugorwe yakabaye yaratanzwe kubakinnyi si imyenda gusa ahubwo hari nibindi bikoresho by’ikigo byakabaye bitari murugorwe. Urukiko rukuru rukomeje kandi kuburanisha urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, Uyu Camarade kandi yahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru…

Soma inkuru yose

RIB yafashe abantu bakubise umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, rwatangaje ko rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge. Abo bafashwe ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo ikiri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Uyu muturage yagaragaye mumashusho…

Soma inkuru yose

Ngororero: Gitifu ashinjwa gukubita umuturage kugeza avunitse

Mu Murenge wa Gatumba , Akarere ka Ngororero, haravugwa ikibazo gikomeye aho umuturage ashinja Gitifu w’Akagari ka Kamasiga kumukubitira mu biro bikamuviramo kuvunika ukuboko, mu gihe Gitifu we avuga ko ari uwo muturage wamusanze akamuzanaho urugomo. Uwo muturage avuga ko yageze ku biro by’akagari asaba serivisi zisanzwe, ariko aho kuyihabwa, umuyobozi w’akagari yamusagaririye aramukubita, kugeza…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose