Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu Bufatanye Bushya mu Ikoranabuhanga ry’Ingufu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva, yakomeje urugendo rwe rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yakiriwe i Washington DC na Chris Wright, Umunyamabanga w’Ingufu wa Amerika. Ibiganiro byabo byibanze ku kwagura no gushimangira umubano w’ibihugu byombi mu rwego rw’iterambere ry’ingufu zishingiye ku ikoranabuhanga. Impande zombi zaganiriye ku mushinga wo guteza imbere ingufu za…

Soma inkuru yose

Imibare y’Urubyiruko mu Mihanda ya Tanzania ikomeje kwiyongera, Hasabwa Impinduka mu Miyoborere

Mu mijyi itandukanye ya Tanzania haravugwa imyigaragambyo y’urubyiruko rwinshi rwasohotse mu mihanda rugaragaza kutanyurwa n’uburyo igihugu kiyobowe, cyane cyane muri iki gihe cy’amatora ya perezida ateye impagarara. Abigaragambya barashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi no kugoreka inzira ya demokarasi basanganwe. Abigaragambya bavuga ko amatora yabaye kuri uyu munsi asa n’ikinamico,…

Soma inkuru yose

FERWAFA Yashyize Hanze Imyanzuro Ikomeye ku Makosa y’Abasifuzi: Amakipe Atatu mu Bushishozi Bukomeye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze imyanzuro ikubiyemo isesengura ryimbitse ku byagaragaye mu mikino yo ku munsi wa gatanu wa Rwanda Premier League, nyuma y’uko hagaragaye impaka nyinshi zijyanye n’imisifurire. Iyi myanzuro yaturutse kuri komisiyo ibifitiye ububasha, yakoresheje amashusho y’imikino ndetse inashingira ku mabaruwa y’ubusabe bw’amakipe. Bugesera FC vs AS Muhanga: Icyemezo cy’Ikosa…

Soma inkuru yose

Madamu Urujeni Martine yaganirije abagororwa b’i Nyarugenge: munteko yabaye uyumunsi

Kuri uyu wa Kabiri, mu rwego rwo kwegera abaturage bose harimo n’abafungiye mu bigo ngororamuco, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage, Madamu Urujeni Martine, yayoboye Inteko y’Abaturage yabereye mu igororero rya Nyarugenge. Ni inama idasanzwe igamije kumva ibitekerezo by’abagororwa, kumenya ibibazo bibabangamiye ndetse no kubashishikariza gukomeza inzira yo kwiyubaka, kugira ngo…

Soma inkuru yose

Taylor Swift yongeye kwandika amateka mashya mu muziki w’isi: Imyaka 25 y’iminsi idahagarara ku isonga rya Global Digital Artist Rank!

Umwamikazi w’injyana ya Pop, Taylor Swift, akomeje kugaragaza ubudahangarwa mu muziki w’isi nyuma yo kumara iminsi 25 yikurikiranya ari ku isonga rya Global Digital Artist Rank, aho afite amanota y’igitangaza agera ku 9,300. Ni ubudasa budasanzwe, kuko nta wundi muhanzi mu mateka wigeze kugera kuri iyo ntera mu gihe kinini gutya. Indirimbo ye nshya “The…

Soma inkuru yose

Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga yatangiriye i Nyanza:Indangamuntu izavuga byose kuri nyirayo

Kuri Sitade ya Nyanza, habereye igikorwa cy’ingenzi ku gihugu ubwo hatangizwaga ku mugaragaro gahunda yo kwemeza imyirondoro no gufotorwa y’abaturage, mu rwego rwo gutegura itangwa rya Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga, izahabwa buri Munyarwanda. Ni gahunda izahindura uburyo igihugu gicunga amakuru y’abaturage, aho buri muntu azahabwa Indangamuntu yifitemo ikoranabuhanga ryisumbuye kuryari risanzwe, ishobora gusomwa ku buryo bwa…

Soma inkuru yose

Ingabo z’u Rwanda Zagarutse mu Gihugu Nyuma y’Umwaka w’Ubutwari muri Mozambique

KIGALI – Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Inkeragutabara mu Rwanda (RDF Reserve Force), Maj. Gen. Alexis Kagame, hamwe n’Umugenzuzi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa (Operations), CP Vincent B. Sano, bakiriye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ryari rimaze umwaka rikorera mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique babungabunga amahoro. Iri…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Riyadh, agirana ibiganiro na Prince Mohammed bin Salman mbere y’inama ya Future Investment Initiative

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Riyadh muri Arabia Saudite aho yatangiriye uruzinduko rwe rw’akazi agirana ibiganiro byihariye na Nyiricyubahiro, Igikomangoma Mohammed bin Salman, Umuyobozi Mukuru w’Igihugu cya Arabia Saudite. Uru ruzinduko ruje mbere y’itangizwa ku mugaragaro ry’Inama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Future Investment Initiative (FII), igeze ku nshuro ya…

Soma inkuru yose

POLICE Y’U RWANDA KUBUFATANYE NA RIB YATANGIJE IPEREREZA KU BACURUZI BAHINDURA UTUVIDO TWARIMO JUS YA SALAMA

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yatangaje ko yatangije iperereza rigamije gukurikirana abacuruzi bagaragara mu mashusho acicikana ku mbuga nkoranyambaga bahindura uduvido twarimo Jus ya Salama, bamaze iminsi bahagaritse ku isoko n’inzego zibifitiye ububasha . Amashusho yashyizwe hanze agaragaza abantu batandukanye barimo gusimbuza ibirango bya Salama Juice ku mavideyo, bakabomekaho ibirango bishya…

Soma inkuru yose

Ndahiro Taikuni yemeje ko yagiranye ikiganiro cya One-on-One na Perezida Kagame, nubwo bamwe babishidikanyaga

Nyuma y’uko bamwe ku mbuga nkoranyambaga bakomeje gushidikanya ku byavugwaga ko umu influencer Ndahiro Taikuni yagiranye ikiganiro cya One on One na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, amakuru mashya bivugwa ko ikiganiro cyabaye yewe bamaze no kugishutinga ni nyuma yaho taikuni yabanje gutangaza ko yatumiye H.E Paul KAGAME nkumutumirwa w’icyubahiro,aho yabinyujije kurukuta…

Soma inkuru yose