Perezida Kagame yongereye imbaraga mu Nteko Ishinga Amategeko: Hashyizweho Abasenateri bashya barenga batatu mumyanya.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Abasenateri bashya bane baje basanga abandi mu myanya nk’uko biteganywa n’Ingingo ya 80 igize Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mugitabo cyamategeko . Abo ni Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr. Uwamariya Valentine na Gasana Alfred. Iyi myanzuro ije mu rwego rwo gukomeza kubaka inzego…

Soma inkuru yose

RIB yafashe uwiyitaga umuprofeti arashinjwa kwambura abaturage abizeza ibitangaza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga umuvugabutumwa, ukurikiranyweho gukoresha inyigisho z’ubuhanuzi mu buryo bw’uburiganya agamije kwambura abaturage amafaranga kubatari kumusobanukirwa niwe wagaragaye kumashusho avvuga ko nukora mmummufuka ibyo ukurammo yaba contake,ammafaranga imana iragukubira 5. Uyu mugabo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga kandi atanga ubuhanuzi avuga ko…

Soma inkuru yose

Kicukiro: Abanyeshuri batatu b’abanyamahanga muri UNILAK mu maboko ya Polisi nyuma yo gukubita abamotari

Mu masaha yo ku mugoroba wo ku wa 20 Ukwakira 2025, mu Kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Gatenga, hatangajwe itabwa muri yombi ry’abanyeshuri batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya UNILAK bakekwaho gukubita no gukomeretsa abamotari babiri bari bahagaritse moto hafi y’amacumbi yabo. Amakuru y’iperereza yemeza ko amakimbirane yatangiye ku kutumvikana ku kwishyura nyuma yo gutwara…

Soma inkuru yose

RIB yerekanye ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge muri ‘Operasiyo USALAMA XI’

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye n’izindi nzego zirimo Polisi y’u Rwanda, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB), Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RICA) ndetse n’Umujyi wa Kigali, rweretse itangazamakuru ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro karenga miliyoni 106 Frw byafatiwe mu gikorwa cyiswe “Operasiyo USALAMA XI.” Iyi Operasiyo ngarukamwaka…

Soma inkuru yose

REMA yahagaritse by’agateganyo uruganda rwa SteelRwa Industries Ltd

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Kurengera Ibidukikije (REMA) cyafunze by’agateganyo uruganda rwa SteelRwa Industries Ltd, ruherereye mu Karere ka Rwamagana, mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abaturage n’ibidukikije. Amakuru aturuka mu nzego zishinzwe igenzura agaragaza ko uru ruganda rwagaragaweho kudakurikiza amabwiriza ajyanye no gusohora imyanda iteje ingaruka ndetse n’imyotsi, birimo umwuka n’amazi nindi myanda ituruka muruganda bisohorwa nurwo…

Soma inkuru yose

Benshi bacitse ururondogoro ku modoka nshya ya Jolly Mutesi

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuvugwa cyane uwahoze ari Miss Rwanda, Jolly Mutesi, nyuma yo kugaragara ko yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes-Benz G-Class G-Wagon 63 (2025), imodoka izwiho igiciro cyo hejuru cyane, gisaga miliyoni 359 Frw. ibi byatumye bamwe babyita ubwirasi ariko we siko bibona kuko bimwongerera agaciro kandi bikagaragaza ko jolly ari umukozi…

Soma inkuru yose

Bamwe mubakoresha ifatabuguzi rya Startime baratabaza kubera imikorere mibi imaze iminsi ivugwa

Bamwe mu bakunzi b’umupira w’amaguru bakoresha ifatabuguzi rya Startime baratabaza nyuma yo kugura serivisi bizezwa kureba imikino nkimwe muri service zitangirwaho bategereje kureba umukino wahuje Rayon Sports na Rutsiro FC, ariko ntibabashije kuwureba. Aba bakiriya bavuga ko amaso yaheze mukirere kandi bari bizeye ko iyi porogaramu izabaha uburyo bwizewe bwo gukurikirana imikino y’amarushanwa yo mu…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame na mugenzi we wa Senegal bashimangiye ko urubyiruko ari rwo musingi w’ejo hazaza ha Afurika

Kigali – Mu ruzinduko rwa Leta rwa Perezida Bassirou Diomaye Faye w’igihugu cya Senegal mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Afurika ifite urubyiruko rufite impano n’imbaraga zidasanzwe, ariko ashimangira ko rukwiye guhabwa umusingi uhamye n’uburyo burambye bwo gukoresha izo mbaraga mu nyungu z’iterambere ry’umugabane. Perezida Kagame yavuze ko we na mugenzi we Faye bahuzwa…

Soma inkuru yose

Kigali yitegura guhuza abakomanda b’ingabo z’Afurika mu nama ishobora guhindura isura y’umutekano w’umugabane

Kigali – uyu munsi Tariki ya 18 Ukwakira 2025 – U Rwanda rwatangaje ko rugiye kwakira ku nshuro ya kabiri inama y’abakomando b’ingabo za Afurika (Land Forces Commanders Symposium – LFCS), igamije kurebera hamwe uko ingabo zishobora kurushaho kugira uruhare mu kwimakaza amahoro n’umutekano ku mugabane. Iyo nama izabera i Kigali kuva ku itariki ya…

Soma inkuru yose

Nyarugenge: Imodoka ebyiri zagonganye zikubita namoto imbere y’Umurenge wa Nyakabanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyakabanda, habereye impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye ahazwi nka High Table neza neza mumarembo yayo, hafi y’ibiro by’Umurenge. Amakuru ku byabaye atangazwa numunyamakuru wa mavete.com nkumumu waruhibereye avuga ko imodoka imwe yamanukaga iva ku murenge igonganye n’indi yavaga ahazwi nko kwa Kibonke, zikubitana…

Soma inkuru yose