Kigali: Ibiciro by’ibirayi hirya no hino byabaye agateranzambe aho biri kurya umugabo bigasiba undi.
Mu gihe ubuzima bwo mu mujyi wa Kigali busanzwe bumenyereweho ibiciro bihanitse, ubu ho ibintu byarenze urugero. ubu noneho biravugwa ko ibiciro by’ibirayi byazamutse ku rwego rutari rusanzwe, aho ikilo kimwe kigeze kumafaranga 2000 Frw mubice bimwe na bimwe na ma supermarket, mu gihe mu mezi make ashize cyaguraga hagati ya 700 na 1200 Frw….

