Mucyo Felicien

RURA Yatangaje Ibiciro Bishya by’Ibikomoka kuri Peteroli biratangira gukurikizwa mu Amezi Abiri

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwasohoye ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu gihe cy’amezi abiri ari imbere, bigamije gukomeza kunoza imigendekere y’ubucuruzi bw’iri koranabuhanga no kurinda inyungu z’abaguzi. Ni ingamba zihuzwa n’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga ndetse no kurushaho gukumira ko habaho inyungu ndende zitemewe mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli. Nk’uko bitangazwa na RURA,…

Soma inkuru yose

Abakoresha moto za Spiro bakomeje gutabaza, abamamazaga barisubiraho aho burakera

Abakoresha moto za Spiro, zimwe mu moto zikoresha amashanyarazi zigeze kuvugisha benshi mu Rwanda, bakomeje gutabaza kubera ibibazo binyuranye bavuga ko bahura nabyo mu kazi kabo ka buri munsi. Bamwe muri bo bavuga ko izi moto zitangira zikora neza ariko bikarangira zitagikora, ndetse ko zipfa ubusa, zifite ubushobozi buke baterwa n’amakosa y’ubukanishi n’ubukererwe mu kuzisimbuza…

Soma inkuru yose

Kirehe: Itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza ryasuye Ikigo cy’igihe gito bareba imikorere yacyo.

Ku wa Kabiri, mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukandahiro Janvière, yakiriye itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza, bayobowe na Harelimana Jean Damascène, na we akaba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza. Uru rugendoshuri rwateguwe hagamijwe gusangiza ubumenyi ku mikorere y’Ikigo kinyurwamo abantu by’igihe gito (Preliminary…

Soma inkuru yose

Prince Kiiz yifatanyije na La Reïna:Ibyo utari uzi ku EP ya mbere ya La Reïna

Umuhanzikazi Uwimanzi Oda Martine, uzwi mu muziki nka La Reïna, ari mu myiteguro yo gusohora EP ye ya mbere yise “1”, igikorwa kigaragaza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki. Iyi EP igizwe n’indirimbo esheshatu zirimo Désolé, Nzaba Mpari, Mama, Tell Me, ndetse na Promise yakoranye n’umunyamuziki Prince Kiiiz. Biteganyijwe ko izajya hanze ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

CHICAGO: Urukiko rwa Leta rutegetse gutabara abimukira bafungiye mu mibereho mibi

Urukiko rwa Leta yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruri mu gace ka Chicago rwasabye ndetse rutegeka inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka (ICE) gukoresha ingamba zihuse zo kunoza imibereho y’abimukira bafungiye mu kigo cya Kane County Immigration Facility, nyuma y’uko hari itsinda ry’abafunzwe ryagejeje ikirego mu rukiko rivuga ko bari kubaho mu mibereho itemewe n’amategeko,…

Soma inkuru yose

MINISITERI YA SIPORO YAKIRIYE IHURIRO RY’ABAKINNYI BA OLEIMPIKE MU RWANDA

Ubuyobozi bwa Minisiteri ya Siporo kumunsi wejo bwakiriye itsinda ry’Ihuriro ry’Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino Olempike mu myaka yatambutse, rizwi nka Rwanda Olympians Organization, bari kumwe n’intumwa zavuye muri Komite Olempike y’u Rwanda (Rwanda Olympic Committee). Uru ruzinduko rwagaragaye nk’urushimangira ubufatanye n’uruhare rw’aba bakinnyi mu iterambere rya siporo y’igihugu. Ibi biganiro byibanze cyane ku…

Soma inkuru yose

BUGESERA YANGIYE RWANDA PREMIER LEGUE GUKINA IMIKINO ITARI KUNGENGABIHE

Ikipe ya Bugesera FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yandikiye ubuyobozi bwa RPL ibamenyesha ko ititeguye gukina umukino itari yateguriwe mu igenamigambi ryayo ry’amarushanwa, isaba ko uwo mukino wimurirwa igihe giteganyijwe n’ingengabihe ya shampiyona. Ibaruwa yasinywe n’Umuyobozi wa Bugesera FC, Rutayisire M. Jackson, yo ku wa 4 Ugushyingo 2025, igaragaza…

Soma inkuru yose

JEAN PIERRE KAGABO YASEZEYE MURI RBA NYUMA Y’IMYAKA 22 AKORA ITANGAZAMAKURU

Jean Pierre Kagabo, umwe mu banyamakuru bakurikiranwaga cyane muri Rwanda Broadcasting Agency (RBA), yasoje urugendo rwe rw’imyaka 22 muri iki kigo nyuma y’akazi gakomeye kagaragayemo ubwitange, ubunyamwuga ndetse n’ubutabera bw’amakuru yo kuvugira baturage. Kagabo yatangiye urugendo rwe mu itangazamakuru mu mwaka wa 2003, agitangira kwiga muri kaminuza. Yatangiriye kuri radiyo z’abaturage, aho yatangiriye kuri RC…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gusurwa na FERWAFA: Amavubi U-17 basigiwe iki mbere ya CECAFA?

Kuri uyu mugoroba, Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) buyobowe na Perezida Fabrice Shema, bwasuye Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) aho iri gukorera imyitozo mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu minsi iri imbere. Iyi mikino ya CECAFA U-17 ni yo izatanga itike ku makipe azaserukira akarere ka Afurika y’Iburasirazuba…

Soma inkuru yose

ESE KIVUMBI KING YABA AJYIYE GUSINYA MURI 1:55 AM? AMAKURU Y’INDANI

Amakuru atugeraho avuga ko umuhanzi Kivumbi King yaba yamaze kugera mu biganza by’inzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM, isanzwe ikorana n’inkingi za mwamba mu muziki nyarwanda zirimo Bruce Melodie n’abandi batari bamaze kubaka izina. Nubwo nta ruhande na rumwe rurabyemeza ku mugaragaro, abakurikirana umuziki bacitse ururondogoro kuva mu mpera z’icyumweru gishize ko bishoboka ko vubaha…

Soma inkuru yose