Perezida Kagame Ati: “Aribishoboka , Insengero Zose Nazifunga!
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yongeye kugaruka ku kibazo cy’imikorere y’amwe mu nsengero n’uruhare zigira mu mibereho y’Abanyarwanda, agaragaza ko hari aho zigaragara zidahuza n’intego yo guteza imbere umuryango nyarwanda. Mu butumwa bwe, Umukuru w’Igihugu yavuze ko hari imyumvire ikwiye guhinduka, abantu bagakuramo ibitekerezo bisigaye byaracengejwe na kolonialisme, bikadindiza iterambere ryabo n’iry’igihugu….

