Turikiya yahagaritse kwerekana umukino w’Igikombe cy’Isi kubera ibizamini by’abanyeshuri.
Mu gihe abakunzi b’umupira w’amaguru muri Turikiya bari bakurikiye umukino n’amatsiko menshi, umukino wahuzaga igihugu cyabo na Paraguay mu Gikombe cy’Isi cya 2026, Leta yafashe icyemezo kidasanzwe cyo guhagarika ibikorwa byose byo kwerekana uwo mukino ugeze ku munota wa 81. Iri tegeko ryashyizwe mu bikorwa mu ntara zose z’iki gihugu, aho ahantu hose hari hahuriye…

