Cabo Delgado: U Rwanda rugiye gutangiza icyicaro cya gisirikare kizahindura amateka muri Afurika

U Rwanda rukomeje kugaragaza umwihariko mu bikorwa byo kugarura amahoro no kurwanya iterabwoba muri Afurika. Nyuma y’igihe kitari gito rugaragara mu bikorwa byo gucunga umutekano n’ubutumwa bw’amahoro, ubu igihugu kiri gutera indi ntambwe igaragara: kuba igihugu cya mbere muri Afurika kigira icyicaro cya gisirikare gihoraho mu kindi gihugu cya Afurika. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Doha, yakirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Qatar

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Doha muri Qatar aho yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri iki gihugu, Sultan bin Saad bin Sultan Al Muraikhi. Uru ruzinduko rugamije gukomeza gutsura umubano n’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Qatar mu nzego zitandukanye z’ubuzima bw’ibihugu byombi. Biteganyijwe ko Perezida Kagame ahura na Nyiricyubahiro…

Soma inkuru yose