Tadej Pogačar yanditse amateka i Kigali, atwara igikombe cy’Isi mu magare

Kigali, Nzeri 28, 2025 — Mu gihe cy’iminsi irindwi u Rwanda rwari ruri mu isura nshya, rutambukirijwe n’ibendera ry’amagare, ubwo rwakiraga bwa mbere mu mateka y’Afurika Shampiyona y’Isi mu gusiganwa ku magare (UCI Road World Championships). Kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, imihanda y’i Kigali n’uturere tuyegereye yahindutse ibirindiro by’amateka, ikurura…

Soma inkuru yose

Kuva kubusa kugera ku bukungu buhanitse: Mu Rwanda ibikorwa birivugira

Ku buyobozi bwa Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwanyuze mu rugendo rw’iterambere ryihuse rishingiye ku bukungu, imibereho myiza, uburezi, amahoro n’umutekano. Mu rwego rw’ubukungu, igihugu cyagaragaje umuvuduko ukomeye mu myaka ishize. Mu 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 8.9% ugereranyije na 8.2% mu 2023, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2025 bwari…

Soma inkuru yose

HEHE NA STRESS HAVUMBUWE UBURYO BUSHYA BWOKUYIRWANYA

Mu Bushinwa, urubyiruko rwadukanye uburyo budasanzwe bwo kwirwanyiriza umujagararo n’ibimenyetso bijyana na wo, nko guhangayika no kubura ibitotsi, rukonka tetine zizwi ubundi ko zagenewe abana, nubwo bavuga ko hari n’izabakuru Ubundi tetine zimenyerewe ku banaUrubyiruko rw’aho mu Bushinwa, ruhura na byinshi birutera umujagararo, nk’ibibazo bijyanye n’akazi, amikoro nko kubona ingwate ku nguzanyo, kwishyura imyenda baba…

Soma inkuru yose

Ibikoresho bya FERWAFA munzu ya Camarade

Mugihe ubushinjacyaha bukomeje gukusanya ibimenyetso urugo rwa Camarade rwasanzwemo imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi hakibazwa icyo iyo myenda imara murugorwe yakabaye yaratanzwe kubakinnyi si imyenda gusa ahubwo hari nibindi bikoresho by’ikigo byakabaye bitari murugorwe. Urukiko rukuru rukomeje kandi kuburanisha urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, Uyu Camarade kandi yahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose

Uruganda rwa Hakan Peat to Power Plant Rwitezweho guhindura ubukungu bwa Gisagara

Gisagara – Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva, yakomeje uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo asura uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri, ruzwi nka Hakan Peat to Power Plant, rufite ubushobozi bwo gutanga megawati 80. Uru ruganda, ruherereye mu gace k’Uruzi rw’Akanyaru mu Karere ka Gisagara, rutekerejwe nk’igikorwa cy’ingenzi mu rwego rwo kongera ingufu z’amashanyarazi mu gihugu. Ni…

Soma inkuru yose

Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

Vision Jeunesse Nouvelle na CNUR mu rugendo rwo guhindura imyumvire y’abagororwa ba Jenoside

Kuri uyu wa Mbere, ku bufatanye bwa Vision Jeunesse Nouvelle na Unity and Reconciliation Commission (CNUR), abagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari mu igororero rya Nyamasheke bahawe ikiganiro kigamije kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa. Muri iki kiganiro, abagororwa basabwe guharanira kongera kuba ab’umumaro mu kubaka igihugu igihe bazaba barangije ibihano byabo, bakagira uruhare…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yasohoye amabwiriza mashya ku bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga

Ku wa 17 Nzeri 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasohoye amabwiriza mashya asobanura neza inzego n’abantu bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga harimo n’amadolari ya Amerika (USD). Ni ingamba igamije kunoza imicungire y’ifaranga ry’igihugu no gushyira umurongo mu mikorere y’isoko ry’imbere mu gihugu. Nk’uko BNR yabisobanuye, kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga byemewe gusa ku…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose