Bugesera: Babiri bahitanywe n’inyama zipfushije.

Mu murenge wa Ntarama, Akagari ka Kanzenze mu Karere ka Bugesera, haravugwa inkuru y’umuryango w’abantu bane bariye inyama zamatungo (inkoko) zipfushije, babiri muri bo bakahasiga ubuzima ako kanya abandi bakajyanwa igitaraganya kwa muganga kugirango bitabweho hakiri kare. Amakuru yemezwa n’abaturage avuga ko abo bantu bari basanze izo nyamaswa zipfushije zijugunywe hafi y’ingarani, bakazitekera bazi ko…

Soma inkuru yose

Rwanda Land Management and Use Authority yahagaritse ikoreshwa rya ‘procurations’ mu ry’ubutaka

Kigali – Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse burundu ikoreshwa rya procurations (ububasha buhabwa undi muntu ngo akorere nyir’ubutaka ibikorwa byokumuhagararira cyangwa hererekana umutungo ), nyuma yo gusanga ari inzira ikoreshwa n’abantu benshi mu bikorwa by’uburiganya no kwambura abandi ubutaka bwabo. Iyi ngamba ije nyuma y’igenzura ryimbitse ryakozwe n’Ikigo cy’Ubutaka ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

Leta y’u Rwanda yatangije gahunda nshya yo kuvugurura urwego rw’amabanki hagamijwe gushyira umuturage ku isonga

Kigali – Leta y’u Rwanda yatangije gahunda y’ingenzi yo kuvugurura imikorere y’urwego rw’amabanki mu Rwanda nyuma y’uko isesengura ryihariye ryagaragaje ko uburyo amwe mu mabanki akoramo bugaragaza gushyira imbere inyungu zayo bwite kurusha inyungu z’abaturage kandi aribo baziye . Iyi gahunda iraganirwaho ku mugaragaro kuri uyu wa Kane mu nama irabera muri Kigali Convention Center…

Soma inkuru yose

Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda

Kigali – Kuri uyu wa kabiri nimugoroba, Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Nyakubahwa Aurélie Royet-Gounin, mu ruzinduko rwo gushimangira umubano rwabereye ku cyicaro cya Minisiteri abereye umuyobozi. Ibi biganiro byabaye mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye n’ubuhahirane hagati ya Leta y’u Rwanda n’u…

Soma inkuru yose

Abadepite bashimye intambwe MINALOC iri gutera mu kunoza serivisi

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yagaragaje ko yanyuzwe n’ibisubizo byatanzwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ku bibazo byagaragaye mu mitangire ya serivisi zitangwa n’inzego z’ibanze, zirimo izijyanye n’irangamimerere, ubutaka n’izikoresha ikoranabuhanga. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa kabiri ubwo Minisitiri Habimana yitabaga Inteko Rusange kugira ngo asobanure ibyagaragajwe mu isuzuma ry’imikorere y’inzego zegerejwe abaturage, hagamijwe kureba…

Soma inkuru yose

Amasomo mashya y’ubuyobozi agiye gushyirwa mu nteganyanyigisho y’Ishuri rya Gisirikare rya Nyakinama

Uyu munsi mu Karere ka Musanze, Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya RDF ryigisha Ofisiye bakuru riri Nyakinama, Brig Gen Andrew Nyamvumba, yafunguye ku mugaragaro inama yo kwemeza no gutangiza amasomo mashya ajyanye n’ubuyobozi ku rwego rwo hejuru yenda kwinjizwa mu nteganyanyigisho y’iri shuri vuba bidatinze. Iyi nama ifite intego yo gushyigikira gahunda yo kuzamura ireme…

Soma inkuru yose

Impanuka yabereye mu Murenge wa Gacurabwenge yahungabanyije urujya n’uruza rw’imodoka mu muhanda Kigali–Muhanga

Kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Karere ka Kamonyi, habereye impanuka y’imodoka hafi y’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, ihungabanya cyane urujya n’uruza rw’ibinyabiziga mu muhanda munini uhuza Kigali na Muhanga. Amakuru aturuka kuri police y,Igihugu ahabereye impanuka avuga ko imodoka ebyiri zagonze zituranye , bituma police iba ifunze umuhanda byagateganyo…

Soma inkuru yose

Denolly na Steiner bahuruje ibyamamare muri siporo n’ubucuruzi ku mukino wa nyuma wa Rwanda Open M25

Ku bibuga bya Tennis bya IPRC Kigali, hasojwe icyumweru cya mbere cy’irushanwa rya “Rwanda Open M25”, ryahuje ibyamamare bitandukanye mu miyoborere, siporo n’ubucuruzi by’u Rwanda. Abarimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, Umuyobozi Mukuru wa TG Automobile Technology, Wang Yu, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Tennis mu Rwanda (RTF), Karenzi Théoneste, ndetse na…

Soma inkuru yose

Kigali: Umujyi w’Isuku n’Iterambere Rigaragaza Isura Nshya ya Afurika

Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, imaze kumenyekana ku isi yose nk’umujyi w’isuku, Umutekano n’iterambere. Ariko icyo benshi batamenya ni uko Kigali itarangwa gusa n’isuku iboneka ku maso, ahubwo inahagarariye isura nshya y’imibereho myiza yabayituye, ikoranabuhanga n’imiyoborere igezweho muri Afurika. Iyo ugeze muri Kigali, uba winjiye mu mujyi utuje ariko ugezweho, aho buri kantu kose gafite…

Soma inkuru yose