Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye DJ Toxxyk

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026, rwakatiye Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk mu kuvanga umuziki. Urukiko rwamukatiye igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu no kwishyura ihazabu ya 1.050.000 Frw nyuma yo kumuhamya ibyaha byose yashinjwaga. DJ Toxxyk yari akurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge cyane…

Soma inkuru yose

Ubujurire bwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be ntacyo bwatanze

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyahawe Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John Ni nyuma yuko aba bari bajuririye iki gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw bari bakatiwe…

Soma inkuru yose

Rayon Sports mu Mpinduka Zikomeye:Murangwa,Gacinya na Prosper mu Buyobozi

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka no gusubizaho imiyoborere itekanye binyuze mu gushyiraho Komite y’inzibacyuho igizwe n’abarimo amazina akomeye mu mateka y’iyi kipe. Murangwa Eugene, wahoze akinira Rayon Sports ndetse akagira uruhare rukomeye mu kuyiharurira inzira mu bihe bikomeye, ari mu bashyizwe muri iyi komite mu rwego rwo kongerera ikipe imbaraga zituruka ku…

Soma inkuru yose

Imirimo ya Masaka igeze ku musozo! CHUK igiye kwimukira mu bitaro bigezweho

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire (Rwanda Housing Authority – RHA) cyatangaje ko imirimo yo kubaka no kwagura Ibitaro bya Masaka mu Mujyi wa Kigali iyingayinga ikigero cya 96%, ishyira ku mugaragaro ko ibikorwa byo kwimurira ibitaro bya CHUK muri ibi bikorwa bishya bizaba vuba aha ibitaro birangiye 100%. Imirimo yo kwagura ibi bitaro ni…

Soma inkuru yose

Madamu Urujeni Martine yaganirije abagororwa b’i Nyarugenge: munteko yabaye uyumunsi

Kuri uyu wa Kabiri, mu rwego rwo kwegera abaturage bose harimo n’abafungiye mu bigo ngororamuco, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage, Madamu Urujeni Martine, yayoboye Inteko y’Abaturage yabereye mu igororero rya Nyarugenge. Ni inama idasanzwe igamije kumva ibitekerezo by’abagororwa, kumenya ibibazo bibabangamiye ndetse no kubashishikariza gukomeza inzira yo kwiyubaka, kugira ngo…

Soma inkuru yose

Nyarugenge: Imodoka ebyiri zagonganye zikubita namoto imbere y’Umurenge wa Nyakabanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyakabanda, habereye impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye ahazwi nka High Table neza neza mumarembo yayo, hafi y’ibiro by’Umurenge. Amakuru ku byabaye atangazwa numunyamakuru wa mavete.com nkumumu waruhibereye avuga ko imodoka imwe yamanukaga iva ku murenge igonganye n’indi yavaga ahazwi nko kwa Kibonke, zikubitana…

Soma inkuru yose

Kigali: Umujyi w’Isuku n’Iterambere Rigaragaza Isura Nshya ya Afurika

Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, imaze kumenyekana ku isi yose nk’umujyi w’isuku, Umutekano n’iterambere. Ariko icyo benshi batamenya ni uko Kigali itarangwa gusa n’isuku iboneka ku maso, ahubwo inahagarariye isura nshya y’imibereho myiza yabayituye, ikoranabuhanga n’imiyoborere igezweho muri Afurika. Iyo ugeze muri Kigali, uba winjiye mu mujyi utuje ariko ugezweho, aho buri kantu kose gafite…

Soma inkuru yose

Emma Claudine: “Siporo ni ubuzima” — Kigali yizihije Car Free Day mu birori by’amagare n’imyitozo

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu mujyi wa Kigali habaye Sporo Rusange (Car Free Day) yitabiriwe n’abaturage benshi baturutse mu bice bitandukanye by’umujyi. Ni gahunda yabereye mu mwuka w’ibyishimo, ubusabane n’ubuzima buzira umuze, aho imihanda ya Kigali yongeye kuba iy’abanyamaguru n’abakora siporo zitandukanye. Iyi sporo rusange y’uyu munsi yibanze cyane ku mukino…

Soma inkuru yose

Isoko rya Mpazi rigiye guhindura isura y’ubucuruzi muri Gitega

Kigali, Gitega – Ku gicamunsi cyo kuwa 4 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gitega, hatangiye igikorwa cyo kwimura no gutuza abacuruzi mu isoko rishya rya Mpazi, riri mu bikorwa byitezweho guteza imbere ubucuruzi no kunoza imikorere y’isoko rya Kigali. Iki gikorwa kiri gukorwa mu buryo bw’umucyo aho abacuruzi bari gutombora ibibanza bazakoreramo, mu rwego rwo…

Soma inkuru yose

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Kigali mu ibanga ry’imyiteguro

Kuri uyu wa gatanu, kuri Stade Amahoro i Remera, habereye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku myiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road World Championships 2025) izabera mu Mujyi wa Kigali kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. Iki kiganiro cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly; Meya w’Umujyi wa Kigali,…

Soma inkuru yose