Mbonyi yakiriwe mu Bubiligi mbere y’igitaramo gikomeye ategerejwemo i Bruxelles.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yamaze kugera mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi aho ategerejwe gukorera igitaramo gikomeye ku wa 13 Kamena 2026. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu mahanga yageze muri iki gihugu ku wa Kane, yakirwa n’abakunzi be ndetse n’abateguye iki gitaramo, mu gihe imyiteguro yacyo iri…

