Mbonyi yakiriwe mu Bubiligi mbere y’igitaramo gikomeye ategerejwemo i Bruxelles.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yamaze kugera mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi aho ategerejwe gukorera igitaramo gikomeye ku wa 13 Kamena 2026. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu mahanga yageze muri iki gihugu ku wa Kane, yakirwa n’abakunzi be ndetse n’abateguye iki gitaramo, mu gihe imyiteguro yacyo iri…

Soma inkuru yose

Abahanzi Nyarwanda Bakomeje Kwigaragaza ku Ruhando Mpuzamahanga Ari Nako Basarura Ayicyuzi

Abahanzi b’Abanyarwanda bakomeje kwigaragaza ku rwego mpuzamahanga, bagaragaza impano n’umurava mu gutanga umuziki wabo ku bakunzi bo mu bindi bihugu. Mu minsi mike ishize, abahanzi batandukanye bakoze ibitaramo byamurikaga impano zabo, bagahuza ubuhanzi n’umuco nyarwanda ndetse n’ubutumwa bw’Imana .Vestine na Dorcas Berekeje Muri CanadaItsinda ry’abahanzikazi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro…

Soma inkuru yose