Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu.

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe Summer Country Tour 2026. Ni igikorwa cyitezweho guhuza abafana babo bo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda. Ibi bitaramo bizatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu zindi ntara. Abakunzi b’umuziki bavuga ko ari ubwa mbere aba bahanzi bombi…

Soma inkuru yose

Byari bitangaje! Ubukwe bwa NIYO BOSCO na MUKAMISHA IRENE Buri kuvugisha Benshi

Byari ibyishimo n’amarangamutima menshi mu bukwe bwa Niyo Bosco na Mukamisha Irene bwabereye i Kigali Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango witabiriwe…

Soma inkuru yose