Nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka mu Burundi – Perezida Ndayishimiye

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka muri icyo gihugu, ashimangira ko ubutaka ari umutungo rusange w’Abarundi udakwiye kugurishwa ku banyamahanga. Ibi yabivuze mu butumwa yagejeje ku Babarundi abibutsa ko ubutaka bwo mu Burundi ari umutungo w’igihugu ugomba kurindwa no kubungabungwa n’abaturage bacyo. Yavuze ko nta Murundi ufite ubutaka…

Soma inkuru yose

IMPAMVU YAGIYE AHAGARAGARA y’ISUBIKWA RY’IGITARAGANYA URUZINDUKO RWA EVALISTE

Mu gitangiriro cy’iki cyumweru, muri politiki yo mu karere hagaragaye umwuka utari witezwe nyuma y’uko uruzinduko rwa Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, rugombaga kumujyana mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, rusubitswe mu buryo bw’igitangaza. Ibi byahise binyuzwa mu itangazamakuru ryo mu Burundi, bisiga ibibazo byinshi mu baturage ndetse no mu mpuguke mu by’umutekano. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose