Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

Urubyiruko rw’Abanyarwanda rwo muri Afurika y’Epfo rwasuye Ingabo z’u Rwanda, rwigira ku ndangagaciro z’igihugu

Urubyiruko 12 rw’Abanyarwanda rutuye muri Afurika y’Epfo ruri mu ruzinduko rw’iminsi icumi mu Rwanda, rugamije kongera kumenya amateka y’igihugu, gusobanukirwa n’uruhare rwabo mu iterambere n’icyerekezo cy’igihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, uru rubyiruko rwasuye icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), aho rwakiriwe n’Umuvugizi w’Ingabo, Brigadier General Ronald Rwivanga, wari uhagarariye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda….

Soma inkuru yose