Ubu ndi guhumeka umwuka w’iNyarugenge”Burikantu yafunguwe”

Akanyamuneza nikose kubakunzi n’inshuti abavandimwe ba Mwitende Abdl uzwi nka Burikantu nyuma yuko yari amaze iminsi 4 afunzwe, uyu musore yari akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu bari bamusuye ngo abafashe Uko batangira gukora ibiganiro bya Social media. Uyu munsi kuwa 25 Nyakanga nibwo Burikantu yafunguwe kuko umukobwa wari wamureze yanditse avuga ko ibyabaye nta kibazo abifiteho….

Soma inkuru yose

RDB ifashe icyemezo cyo gufunga hotel Chateau le Marara

Nyuma yo kugenzura hotel Chateau le marara iherereye ku Kibuye byagaragaye ko iyi hotel ikora muburyo bunyuranyije n’amategeko ndetse ko guhera kuruyu wa 22 Nyakanga ihagarika ibikorwa byayo byo kwakira abayigana,gukora nyuma yiyi taliki bizafatwa nkagasuzuguro. Muminsi ishize nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga bibazaga niba ibivugwa kuriyi hotel bijyanye na serivisi mbi zirimo nisuku nke niba…

Soma inkuru yose

Marina yongeye kurikoroza ku mashusho yashyize hanze agaragaza imiterere ye

Abantu benshi bacitse ururondogoro bavuga ku mashusho Marina yasangije abamukurikira agaragaza imiterere ye,namashusho marina yafatiye mu cyumba cye agaragaza ikariso ndetse anakurura umushumi wikariso kugira ngo yerekane uko ateye. Muri ayo mashusho haraho akurura isutiye ashaka kugaragaza mugituza cye,namashusho atavugwaho rumwe kubakoresha imbuga nkoranyambaga, bamwe bashima ko ateye neza abandi bamugaya ko yataye umuco ndetse…

Soma inkuru yose

Umunyarwenya uzwi nka Burikantu yatawe muri yombi

Umunyarwenya Burikantu yatawe muri yombi akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu abamo.Amazina ye bwite yitwa Mwitende Abdoulkarim usanzwe akorana na mugenzi we Buringuni mu myidagaduro cyane cyane urwenya. Kuwa 20 nyakanga 2025 uyu musore yatawe muri yombi na RIB akurikiranweho gufungirana abakobwa 2 munzu kubushake, aba bakobwa bari bagiye kumureba ngo abafashe kugira ngo batangire bakore ibiganiro…

Soma inkuru yose

Tumwe mu dushya twaranze igitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Nyagatare

Kuruyu wa 19 nyakanga 2025 mu karere ka Nyagatare habereye igitaramo cya iwacu muzika,nigitaramo kitabiwe n’ibihumbi byinshi byiganjemo urubyiruko rutuye hirya no hino muturere two mu ntara Y’uburasirazuba. Abanyarwenya barimo Kanyombya,Burikantu na Buringuni bari mukoze udushya twanyuze abafana babo cyane cyane cyane mumihanda bagenda berekeza aho igitaramo kirimo kubera,banyuzagamo,ubwo bageraga muri aka karere bakiwe bikomeye…

Soma inkuru yose

Akandi kamaro ko kurya ubunyobwa ku basore n’abagabo

Bimaze kumenyerwa ko kurya ubunyobwa ari kimwe mu byongera imbaraga ku bagabo mu gutera akabariro,ndetse ubushakashatsi bugaragaza ko guhekenya ubunyobwa bigabanya umujinya kuruta guhekenya igisheke cyangwa kujya muri sauna nibindi bizwiho kugabanya umujinya na siteresi. Ubunyobwa (peanuts cyangwa arachides) bufite akamaro kanini ku buzima bw’umusore, cyane cyane mu mikorere y’imyanya ndangagitsina, ubudahangarwa bw’umubiri, no mu…

Soma inkuru yose

Imanishimwe Emmanuel (Mangwnde) yasubukuye imyitozo

Hari hashize amezi agera kuri arindwi 7 Myugariro w’ikipe y’igihugu y’uRwanda amavubi Imanishimwe Mangwende ahagaritse imyitozo kubera ikibazo cy’imvune yo mwivi rye. Kuri uyu wa 14 nyakanga nibwo ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Cyprus yashyize hanze amafoto y’abakinnyi bakina mu ikipe yabo AEL Limassol bari mu myitozo,iyi kipe iri kwitegura imikino y’umwaka…

Soma inkuru yose

Muri Hotel Batugaburiye imbuto ziriho ibimonyo “miss Naomie”

Rurageretse hagati y’itsinda ribarizwamo miss Naomie na hotel ya chateaul la malala iherereye ku kibuye izwi mu mahotel akomeye hano mu Rwanda ari naho hafatiwe amashusho y’indirimbo ya Bruce merodie na Element yitwa Fou de toi,barinubira servisi bahawe bati;Imbuto twahawe zariho ibimonyo,ibiryo twahawe byari bitetse nabi ndetse bicicriritse muri macye bihabanye n’amafaranga twishyuye, amata twahawe…

Soma inkuru yose

30% Byabafite Virusi itera SIDA bashobora kubaho imyaka irenga 50

MINISANTE yagaragaje ko umuhati n’imbaraga byashyizwe mu guhangana no kwita kubafite Virusi itera SIDA byatanze umusaruro hano mu Rwanda,kuko abayifite barihejuru y’imyaka 50 barenga 30% byanduye SIDA ubariye hamwe. MINISANTE yabigaragje mu nama ya 13 y’umuryango mpuzamahanga uharanira kurwanya SIDA uzwi nka IAS iyi nama iri kubera i Kigali,iyi nama izamara iminsi itanu izagaruka ku…

Soma inkuru yose

Ibitaro byitiwe Umwami Faisal byamanuye ibiciro kubifuza kongera ikibuno n’amabere

Kubifuza kongera ubwiza no kwikuraho inenge binyuze mu kubagwa ibizwi nka Plastic Surgery bashyizwe igorora n’ibitaro byitiriwe Umwami Faisal kubwo gutanga poromosiyo yiminsi 5 batanga servisi ku giciro kiri hasi cyane,mugihe iyi servisi yasabaga ko ujya hanze y’Igihugu ndetse bikagutwara amafrnga menshi cyane. Muri servisi ziri gutangwa harimo kongera ikibuno cyangwa kukigabanya,kongera amabere no kuyagabanya,kugabanya…

Soma inkuru yose