Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose

🏆 Imikino yahuje APR FC na Rayon sport muri super cup

Super Cup ni igikombe gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda, ihuza ikipe yegukanye shampiyona n’iyatwaye Igikombe cy’Amahoro, cyangwa se ikipe yihariye ibikombe byose muri season ishize. Igakina Niyayiguye muntege Uyu mukino uba ari ikimenyetso cy’uko umwaka mushya w’umupira w’amaguru utangiye, ukaba n’igihe cyo gupima imbaraga z’amakipe akomeye kurusha ayandi. Mu Rwanda, nta yindi Super Cup ikurura…

Soma inkuru yose

Chelsea FC iri kubyinira kurukoma nyuma yaho Liam Rosenior yagizwe umutoza mushya

Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutangaza ku mugaragaro ko Liam Rosenior umugabo wimyaka 41 ari we mutoza mushya mukuru w’iyi kipe, mu rwego rwo gukomeza kubaka umushinga mushya ugamije gusubiza iyi kipe ku rwego rwo hejuru mu marushanwa yo mu Bwongereza n’i Burayi. Uyu mutoza mushya azungirizwa n’itsinda ry’abatoza rimufasha rigizwe na Justin Walker, Kalifa…

Soma inkuru yose

Kiyovu SC ihaye isomo rya ruhago Gicumbi FC iyitsinze ibitego inayipfunyikira n’impamba.

Ikipe ya Kiyovu Sports Club yagaragaje urwego rwayo rwo hejuru mu mukino wayihuje na Gicumbi FC iyiha isomo iyinyagira iyirusha , iyitsinda ibitego 4-1 mu mukino waranzwe no kugenzura umukino, umuvuduko n’ubusatirizi bukomeye kuri kiyovu sc. Ku munota wa 15, Mutunzi Darcy yafunguye amazamu ya Kiyovu SC, atangiza urugendo rwo gutsinda kw’iyi kipe, mbere y’uko…

Soma inkuru yose

Arsenal mumpuruza namarenga ko ntawuzayihagarika kugikombe ,Mbese ninde uzayihagarika?

Ikipe ya Arsenal irimo kunyura mu mwaka udasanzwe, yerekanye urwego rwo hejuru mu mikino itandukanye yo mu Bwongereza n’i Burayi. Mu mikino imaze gukina, yatsinze 24, inganya 3, itsindwa 2 gusa, ibintu bigaragaza ikipe ifite icyerekezo,ndetse benshi badahwema kuvuga ko iri gutanga amarenga ko igikombe ari icyayo. Uyu mwaka watangiye Arsenal itanga ubutumwa bukomeye, itsinda…

Soma inkuru yose

Ibyabereye Kigali i Kanombe Alikiba na Shaffy Music Bakiriwe mu Buryo Budasanzwe na Kevin Kade na Christopher

Mu ijoro ryo ku wa 29 Ukuboza 2025, ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava, uvuka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba wamamaye ku rwego mpuzamahanga nka Alikiba, yageze mu Rwanda anyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (Kanombe) ahagana saa 8:30 z’ijoro. Uyu muhanzi wubatse izina rikomeye mu muziki wa Afurika yaje mu…

Soma inkuru yose

Byakomeye mu Muziki Nyarwanda! Juno Kizigenza Yiyongereye mu Nkundura Ihanganishije Igisamagwe The Ben na 001 Bruce Melodie

Kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza 2025, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatangiye gucicikana amafoto yaturutse ku rukuta rwa Instagram rw’umuhanzi Kwizera Bosco uzwi nka Juno Kizigenza, umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina rikomeye mu muziki nyarwanda Muri ayo mafoto, Juno Kizigenza yagaragaye akandagiye umutwe w’inyamaswa y’intare, ku rundi ruhande agaragaza inkweto…

Soma inkuru yose

Amateka mashya muri Hip Hop nyarwanda TAFF GANG Yiyunze nabakunze ba HIP HOP Young Grace yunamiye Jay Polly

Tariki ya 26 Ukuboza 2025, ahagana saa 7:00 z’ijoro, abakunzi b’umuziki wa Hip Hop n’abandi batandukanye batangiye kwerekeza kuri Zaria Court, inyubako iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera, hepfo ya Petit Stade. Kuva ku bato kugera ku bakuru, mu byiciro byose birimo abayobozi n’abayoborwa, bose bari bahuriye ku gikorwa cyari gitegerejwe na benshi:…

Soma inkuru yose

Kabaye Daaaa… Bisubiwemo! APR FC yegukanye amanota i Muhanga, Police FC ikomeza kuyobora Shampiyona

Umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League waranzwe n’imikino ishimishije, ibitego byinshi n’impinduka ku rutonde rw’agateganyo, aho amakipe akomeye yakomeje guhatanira imyanya ya mbere. Ku kibuga cya AS Muhanga, APR FC yagaragaje ubunararibonye bwayo itsinda AS Muhanga ibitego 2-1, iyi kipe y’Ingabo ikomeza kuguma mu makipe akurikirana hafi umwanya wa mbere ubu ikaba isoje iri…

Soma inkuru yose

Perezida wa FIFA Gianni Infantino kunshuro ye yambere yitabiriye umukino wa Rwanda Premier League

Kuri uyu wa Gatanu guhera saa cyenda z’Igicamunsi, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, ari kumwe na Shema Fabrice ushinzwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ndetse na Mukazayire Nelly wari uhagarariye Minisiteri ya Siporo, bitabiriye umukino w’umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League wahuje Gasogi United na AS Kigali kuri Stade ya Kigali Pelé. Uyu…

Soma inkuru yose