30% Byabafite Virusi itera SIDA bashobora kubaho imyaka irenga 50

MINISANTE yagaragaje ko umuhati n’imbaraga byashyizwe mu guhangana no kwita kubafite Virusi itera SIDA byatanze umusaruro hano mu Rwanda,kuko abayifite barihejuru y’imyaka 50 barenga 30% byanduye SIDA ubariye hamwe. MINISANTE yabigaragje mu nama ya 13 y’umuryango mpuzamahanga uharanira kurwanya SIDA uzwi nka IAS iyi nama iri kubera i Kigali,iyi nama izamara iminsi itanu izagaruka ku…

Soma inkuru yose

Ibitaro byitiwe Umwami Faisal byamanuye ibiciro kubifuza kongera ikibuno n’amabere

Kubifuza kongera ubwiza no kwikuraho inenge binyuze mu kubagwa ibizwi nka Plastic Surgery bashyizwe igorora n’ibitaro byitiriwe Umwami Faisal kubwo gutanga poromosiyo yiminsi 5 batanga servisi ku giciro kiri hasi cyane,mugihe iyi servisi yasabaga ko ujya hanze y’Igihugu ndetse bikagutwara amafrnga menshi cyane. Muri servisi ziri gutangwa harimo kongera ikibuno cyangwa kukigabanya,kongera amabere no kuyagabanya,kugabanya…

Soma inkuru yose