RDB ifashe icyemezo cyo gufunga hotel Chateau le Marara

Nyuma yo kugenzura hotel Chateau le marara iherereye ku Kibuye byagaragaye ko iyi hotel ikora muburyo bunyuranyije n’amategeko ndetse ko guhera kuruyu wa 22 Nyakanga ihagarika ibikorwa byayo byo kwakira abayigana,gukora nyuma yiyi taliki bizafatwa nkagasuzuguro. Muminsi ishize nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga bibazaga niba ibivugwa kuriyi hotel bijyanye na serivisi mbi zirimo nisuku nke niba…

Soma inkuru yose

Akandi kamaro ko kurya ubunyobwa ku basore n’abagabo

Bimaze kumenyerwa ko kurya ubunyobwa ari kimwe mu byongera imbaraga ku bagabo mu gutera akabariro,ndetse ubushakashatsi bugaragaza ko guhekenya ubunyobwa bigabanya umujinya kuruta guhekenya igisheke cyangwa kujya muri sauna nibindi bizwiho kugabanya umujinya na siteresi. Ubunyobwa (peanuts cyangwa arachides) bufite akamaro kanini ku buzima bw’umusore, cyane cyane mu mikorere y’imyanya ndangagitsina, ubudahangarwa bw’umubiri, no mu…

Soma inkuru yose

Muri Hotel Batugaburiye imbuto ziriho ibimonyo “miss Naomie”

Rurageretse hagati y’itsinda ribarizwamo miss Naomie na hotel ya chateaul la malala iherereye ku kibuye izwi mu mahotel akomeye hano mu Rwanda ari naho hafatiwe amashusho y’indirimbo ya Bruce merodie na Element yitwa Fou de toi,barinubira servisi bahawe bati;Imbuto twahawe zariho ibimonyo,ibiryo twahawe byari bitetse nabi ndetse bicicriritse muri macye bihabanye n’amafaranga twishyuye, amata twahawe…

Soma inkuru yose

30% Byabafite Virusi itera SIDA bashobora kubaho imyaka irenga 50

MINISANTE yagaragaje ko umuhati n’imbaraga byashyizwe mu guhangana no kwita kubafite Virusi itera SIDA byatanze umusaruro hano mu Rwanda,kuko abayifite barihejuru y’imyaka 50 barenga 30% byanduye SIDA ubariye hamwe. MINISANTE yabigaragje mu nama ya 13 y’umuryango mpuzamahanga uharanira kurwanya SIDA uzwi nka IAS iyi nama iri kubera i Kigali,iyi nama izamara iminsi itanu izagaruka ku…

Soma inkuru yose

Ibitaro byitiwe Umwami Faisal byamanuye ibiciro kubifuza kongera ikibuno n’amabere

Kubifuza kongera ubwiza no kwikuraho inenge binyuze mu kubagwa ibizwi nka Plastic Surgery bashyizwe igorora n’ibitaro byitiriwe Umwami Faisal kubwo gutanga poromosiyo yiminsi 5 batanga servisi ku giciro kiri hasi cyane,mugihe iyi servisi yasabaga ko ujya hanze y’Igihugu ndetse bikagutwara amafrnga menshi cyane. Muri servisi ziri gutangwa harimo kongera ikibuno cyangwa kukigabanya,kongera amabere no kuyagabanya,kugabanya…

Soma inkuru yose