FERWAFA YATANZE IKIZERE CY’IKORESHWA RYA VAR MU MIKINO YO MU RWANDA

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), aherutse gutangaza ko hari amahirwe menshi y’uko mu gihe cya shampiyona gitaha hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga ryo gusubiramo amashusho, rizwi nka VAR (Video Assistant Referee). Ni amakuru yakiranywe ibyishimo n’abakunzi b’umupira, cyane cyane abafana b’imikino yo mu gihugu,abatoza, ndetse namakipe bamaze igihe basaba ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu rwego rwo kugabanya…

Soma inkuru yose

Gasogi United Yahigitse AS Muhanga! UDAHEMUKA J. de Dieu Yabaciye murihumye

Ikipe ya Gasogi United yakomeje kwerekana ko iri mu makipe akomeye y’i Kigali mu mikino ya shampiyona, nyuma yo gutsinda AS Muhanga igitego 1-0 mu mukino ukomeye wabereye kuri stade ya m Kigali, yitiriwe Pele stadium none ku wa 30 ukwakira 2025,Gasogi United yatangiye umukino isatira cyane ariko ASMuhanga nayo ikanyuzamo igasatira ariko gushyira mwizamu…

Soma inkuru yose

FERWAFA Yashyize Hanze Imyanzuro Ikomeye ku Makosa y’Abasifuzi: Amakipe Atatu mu Bushishozi Bukomeye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze imyanzuro ikubiyemo isesengura ryimbitse ku byagaragaye mu mikino yo ku munsi wa gatanu wa Rwanda Premier League, nyuma y’uko hagaragaye impaka nyinshi zijyanye n’imisifurire. Iyi myanzuro yaturutse kuri komisiyo ibifitiye ububasha, yakoresheje amashusho y’imikino ndetse inashingira ku mabaruwa y’ubusabe bw’amakipe. Bugesera FC vs AS Muhanga: Icyemezo cy’Ikosa…

Soma inkuru yose

Rutahizamu mushya ahesheje ikipe ye insinzi imbere ya Amagaju FC

Kigali, 24 Ukwakira 2025 Rutahizamu mushya wa Rayon Sports, Yves Habimana, yigaragaje ku nshuro ya mbere nk’intwaro ikomeye mu busatirizi bw’iyi kipe, nyuma yo gutsinda igitego cyonyine cyahesheje ikipe ye intsinzi ya 1-0 imbere ya Amagaju FC mu mukino wabereye kuri Pere Stadium iherereye Kigali – Nyamirambo. Ni umukino wari witezwe cyane n’abakunzi ba Rayon…

Soma inkuru yose

Amakipe yo muri Sudan yasabye gukina muri Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru yizewe Dukesha Imvaho nshya agera kumunyamakuru Mucyo felicien wa mavete.com aravuga ko amakipe abiri Manini yo muri Sudan — Al Hilal Omdurman na Al Meirrikh SC — yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) uruhushya rwo gukina muri Rwanda Premier League y’uyu mwaka w’imikino nayo akitabira . Aya makipe yo mu cyiciro cya mbere…

Soma inkuru yose

Denolly na Steiner bahuruje ibyamamare muri siporo n’ubucuruzi ku mukino wa nyuma wa Rwanda Open M25

Ku bibuga bya Tennis bya IPRC Kigali, hasojwe icyumweru cya mbere cy’irushanwa rya “Rwanda Open M25”, ryahuje ibyamamare bitandukanye mu miyoborere, siporo n’ubucuruzi by’u Rwanda. Abarimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, Umuyobozi Mukuru wa TG Automobile Technology, Wang Yu, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Tennis mu Rwanda (RTF), Karenzi Théoneste, ndetse na…

Soma inkuru yose

Siporo y’amagare ikomeje kumurika u Rwanda Nyuma ya Tour du monde ubu hagezweho Kirehe Race 2025

Kirehe Race irushanwa Ryatangijwe nakarere kakirehe murwego rwo kuzamura umukino wamagare ndetse nimpano zabanyarwanda kubakinnyi bamagara, iri rushanwa rije risanga tour du Rwanda , ayamarushanwa icyo ahuriyeho yose nuko yose ari amarushanwa afite imbaraga kandi ahuriramo abanyamahanga kandi intego yayo nimwe nukuzamura ubukerarugendo mugihugu no kuzamura igare Umunya-Espagne Alejandro Gainza Rodriguez, ukinira ikipe ya May…

Soma inkuru yose

Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, yiteguye guhangana na Bafana Bafana

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yamaze kugera muri Afurika y’Epfo aho igiye gukina umukino ukomeye n’ikipe y’Igihugu y’aho, Bafana Bafana, mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 (#WCQ2026) aha ni nyuma yuko amavubi yari amaze umunsi umwe akinnye atsindiwe iwabo kumunsi wejo hashize taliki ya 10/10/2025 nikipe yigihugu ya Benin. Urugendo rw’Amavubi rwagenze…

Soma inkuru yose

U Rwanda rugenda rwerekana ubudahangarwa mu mikino – Minisitiri wa Siporo abigarutseho

Kuri uyu wa Gatatu nimugoroba, kuri Stade Amahoro, hakinirwa umukino w’amajonjora yo gushaka itike ya FIFA World Cup 2026 uhuza amakipe y’ibihugu bya Ethiopia 🇪🇹 na Guinea-Bissau 🇬🇼. Uyu mukino wabereye mu Rwanda kuri stade Amahoro, wagaragaje uko igihugu gikomeje kubaka izina rikomeye nk’ahantu hakundwa n’amakipe mpuzamahanga yo gukiniramo. Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze…

Soma inkuru yose