Rutahizamu mushya ahesheje ikipe ye insinzi imbere ya Amagaju FC

Kigali, 24 Ukwakira 2025 Rutahizamu mushya wa Rayon Sports, Yves Habimana, yigaragaje ku nshuro ya mbere nk’intwaro ikomeye mu busatirizi bw’iyi kipe, nyuma yo gutsinda igitego cyonyine cyahesheje ikipe ye intsinzi ya 1-0 imbere ya Amagaju FC mu mukino wabereye kuri Pere Stadium iherereye Kigali – Nyamirambo. Ni umukino wari witezwe cyane n’abakunzi ba Rayon…

Soma inkuru yose

Amakipe yo muri Sudan yasabye gukina muri Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru yizewe Dukesha Imvaho nshya agera kumunyamakuru Mucyo felicien wa mavete.com aravuga ko amakipe abiri Manini yo muri Sudan — Al Hilal Omdurman na Al Meirrikh SC — yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) uruhushya rwo gukina muri Rwanda Premier League y’uyu mwaka w’imikino nayo akitabira . Aya makipe yo mu cyiciro cya mbere…

Soma inkuru yose

Denolly na Steiner bahuruje ibyamamare muri siporo n’ubucuruzi ku mukino wa nyuma wa Rwanda Open M25

Ku bibuga bya Tennis bya IPRC Kigali, hasojwe icyumweru cya mbere cy’irushanwa rya “Rwanda Open M25”, ryahuje ibyamamare bitandukanye mu miyoborere, siporo n’ubucuruzi by’u Rwanda. Abarimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, Umuyobozi Mukuru wa TG Automobile Technology, Wang Yu, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Tennis mu Rwanda (RTF), Karenzi Théoneste, ndetse na…

Soma inkuru yose

Siporo y’amagare ikomeje kumurika u Rwanda Nyuma ya Tour du monde ubu hagezweho Kirehe Race 2025

Kirehe Race irushanwa Ryatangijwe nakarere kakirehe murwego rwo kuzamura umukino wamagare ndetse nimpano zabanyarwanda kubakinnyi bamagara, iri rushanwa rije risanga tour du Rwanda , ayamarushanwa icyo ahuriyeho yose nuko yose ari amarushanwa afite imbaraga kandi ahuriramo abanyamahanga kandi intego yayo nimwe nukuzamura ubukerarugendo mugihugu no kuzamura igare Umunya-Espagne Alejandro Gainza Rodriguez, ukinira ikipe ya May…

Soma inkuru yose

Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, yiteguye guhangana na Bafana Bafana

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yamaze kugera muri Afurika y’Epfo aho igiye gukina umukino ukomeye n’ikipe y’Igihugu y’aho, Bafana Bafana, mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 (#WCQ2026) aha ni nyuma yuko amavubi yari amaze umunsi umwe akinnye atsindiwe iwabo kumunsi wejo hashize taliki ya 10/10/2025 nikipe yigihugu ya Benin. Urugendo rw’Amavubi rwagenze…

Soma inkuru yose

U Rwanda rugenda rwerekana ubudahangarwa mu mikino – Minisitiri wa Siporo abigarutseho

Kuri uyu wa Gatatu nimugoroba, kuri Stade Amahoro, hakinirwa umukino w’amajonjora yo gushaka itike ya FIFA World Cup 2026 uhuza amakipe y’ibihugu bya Ethiopia 🇪🇹 na Guinea-Bissau 🇬🇼. Uyu mukino wabereye mu Rwanda kuri stade Amahoro, wagaragaje uko igihugu gikomeje kubaka izina rikomeye nk’ahantu hakundwa n’amakipe mpuzamahanga yo gukiniramo. Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze…

Soma inkuru yose

Visit Rwanda Yagiranye Amasezerano n’Amakipe ya LA Clippers na LA Rams

Los Angeles, USA – Mu gihangano cy’amateka, Visit Rwanda, ikirango cy’Ubukerarugendo cya Rwanda Development Board (RDB), cyamaze gusinya amasezerano y’igihe kirekire n’amakipe abiri akomeye yo muri Los Angeles: LA Clippers ya NBA na Los Angeles Rams ya NFL. Ni ubwa mbere ikirango cy’ubukerarugendo cyo muri Afurika gishyira umukono ku masezerano muri iyi miryango yombi, bigaragaza…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwabaye ikirangirire: Ifoto imwe ya Perezida Kagame iravuga byose

Mu gihe Isi yose yari ihanze amaso ku mikino ya UCI Road World Championships 2025 yabereye i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri, hari ikibazo cyakunze kugarukwaho: Ni gute igihugu gito cyo muri Afurika cyabashije kwakira irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi? Abantu benshi bashobora guhanahana ibisobanuro byinshi, ariko hari igisubizo kimwe…

Soma inkuru yose

Tadej Pogačar yanditse amateka i Kigali, atwara igikombe cy’Isi mu magare

Kigali, Nzeri 28, 2025 — Mu gihe cy’iminsi irindwi u Rwanda rwari ruri mu isura nshya, rutambukirijwe n’ibendera ry’amagare, ubwo rwakiraga bwa mbere mu mateka y’Afurika Shampiyona y’Isi mu gusiganwa ku magare (UCI Road World Championships). Kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, imihanda y’i Kigali n’uturere tuyegereye yahindutse ibirindiro by’amateka, ikurura…

Soma inkuru yose