Kim Jong-un burya ntamikino : Premier League izerekanwa muri Koreya y’Amajyaruguru ariko kuri condition mwijambo rye..

Mu cyemezo cyatangaje abantu benshi ku isi, Umuyobozi wa Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jong-un, yemeye ko imikino ya Shampiyona y’u Bwongereza Premier League igiye gutambutswa mu gihugu cye ku nshuro ya mbere. Ariko bikagenda biherekejwe n’amabwiriza akomeye yihariye, agaragaza uburyo iki gihugu gikomeje gukaza umutekano w’amakuru n’ibigaragara ku baturage. Ubuyobozi bwa Kim Jong-un bwatangaje ko imikino…

Soma inkuru yose

Perezida Fabrice Shema yasabye abatoza bari mu mahugurwa ya License B CAF gushyira umutima ku masomo kugira ngo bateze imbere ruhago nyarwanda

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Fabrice Shema, yasuye abatoza b’Abanyarwanda bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa License B ya CAF, abasaba gukurikira amasomo yabo neza, gushyiramo umuhate no gutegura uburyo bazakoresha ubwo bumenyi mu guteza imbere ruhago y’u Rwanda. Aya mahugurwa ari kubera i Kigali, yitabiriwe n’abatoza batandukanye baturutse mu makipe yo…

Soma inkuru yose

Umufana wa AS Vita Club yasagariye umusifuzi nyuma y’umukino Umusifuzi nawe yirwanaho

Umukino wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Linafoot), wahuje ikipe ya AS Vita Club na Les Aigles du Congo, wasojwe n’akaduruvayo nyuma y’uko umwe mu bafana ba AS Vita amanutse mu kibuga agasagarira umusifuzi wo ku ruhande. Ni nyuma y’uko umukino warangiye AS Vita itsindiwe mu rugo igitego 1-0, bikarangira…

Soma inkuru yose

Amavubi mu mwiherero udasanzwe muri hoteli nshya ya FERWAFA — ni iki gikurikira?

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bakina imbere mu gihugu, bamaze kugera mu mwiherero uri kubera muri hoteli nshya ya FERWAFA, aho bagiye kwitegura imikino iteganyijwe mu minsi iri imbere. Uyu mwiherero watangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 12 Ugushyingo 2025, ukazasozwa ku Cyumweru, tariki ya 16 Ugushyingo 2025. Ni umwiherero wateguwe na Ishyirahamwe…

Soma inkuru yose

Rwanda Premier League (RPL) Yihanangirije Ibinyamakuru Bikomeje Gutambutsa Highlights z’Imikino mu buryo bunyuranyije n’Amategeko

Rwanda Premier League (RPL) yihanangirije bikomeye ibinyamakuru bikomeje gushyira amashusho y’imikino (highlights) kuri za Channel za YouTube zabyo mu buryo bunyuranyije n’uburenganzira bwo gusakaza ayamashusho kuko star time itabyemera , ibitegeka gukuraho ako kanya izo video cyangwa bikazafatirwa ibihano bikarishye. Ibinyamakuru byagaragajwe muri ubu butumwa birimo B&B Kigali, TV10, RN Citizen, SK FM na Inyarwanda,…

Soma inkuru yose

APR FC Yihanangirije Rayon Sports Mumukino wabahuje kuruyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu, APR FC yeretse Rayon Sports ko igikomeje kuba ubukombe mu mupira w’u Rwanda, iyitsinda ibitego 3–0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi, wuzura imiryango y’abafana b’impande zombi bari baje gushyigikira amakipe yabo mu buryo bukomeye . APR FC yinjiriye mu mukino iri hejuru…

Soma inkuru yose

BUGESERA YANGIYE RWANDA PREMIER LEGUE GUKINA IMIKINO ITARI KUNGENGABIHE

Ikipe ya Bugesera FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yandikiye ubuyobozi bwa RPL ibamenyesha ko ititeguye gukina umukino itari yateguriwe mu igenamigambi ryayo ry’amarushanwa, isaba ko uwo mukino wimurirwa igihe giteganyijwe n’ingengabihe ya shampiyona. Ibaruwa yasinywe n’Umuyobozi wa Bugesera FC, Rutayisire M. Jackson, yo ku wa 4 Ugushyingo 2025, igaragaza…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gusurwa na FERWAFA: Amavubi U-17 basigiwe iki mbere ya CECAFA?

Kuri uyu mugoroba, Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) buyobowe na Perezida Fabrice Shema, bwasuye Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) aho iri gukorera imyitozo mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu minsi iri imbere. Iyi mikino ya CECAFA U-17 ni yo izatanga itike ku makipe azaserukira akarere ka Afurika y’Iburasirazuba…

Soma inkuru yose

IBYARANZE UMUKINO RAYON SPORT YABONYE MO INSINZI IVUYE MUMENYO YA RUBAMBA

Marine FC yakiriye Rayon Sports mu mukino wari ukomeye cyane wabereye kuri Stade Umuganda kuri uyu wa 2 ugushyingo . Uyu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiyona y’u Rwanda (RPL) wari wahuruje imbaga y’abafana, cyane cyane abakunzi ba Rayon Sports bari bazindukiye gushigikira ikipe yabo bakunda. Guhera ku munota wa mbere, amakipe yombi yagaragazaga ubushake…

Soma inkuru yose