EACC yatangirijwemo ku mugaragaro imikino ya Kaminuza n’Amashuri Makuru 2025–2026

Kuri uyu munsi , muri East African Christian College (EACC) habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro imikino ihuza za kaminuza n’amashuri makuru mu Rwanda, ahazwi nka Varsity League 2025–2026. Ni igikorwa cyahurije hamwe abahagarariye inzego zitandukanye z’igihugu, cyaherekejwe n’ubusabane, ishyaka ndetse n’icyizere cyo guteza imbere siporo n’uburezi binyuze mu mikino. Uyu muhango witabiriwe ku rwego…

Soma inkuru yose

Rayon Sports Itegerejweho Imodoka Nshya: Murenzi Abdallah Atangaza Igihe Izagerera mu Rwanda

Rayon Sports iri mu nzira yo kongera kwiyubaka mu buryo burambye, harimo no kuvugurura uburyo bw’imodoka zifasha ikipe mu ngendo z’amarushanwa. Umuyobozi wayo, Murenzi Abdallah, yemeje ko iyi kipe izabona imodoka yayo nshya mu ntangiriro za 2026, keretse habaye impinduka idasanzwe. Murenzi, yavuze ko iyi modoka nshya izaba ari “zero kilometre,” ashimangira ko itazaturuka mu…

Soma inkuru yose

Rayon Sports mu Mpinduka Zikomeye:Murangwa,Gacinya na Prosper mu Buyobozi

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka no gusubizaho imiyoborere itekanye binyuze mu gushyiraho Komite y’inzibacyuho igizwe n’abarimo amazina akomeye mu mateka y’iyi kipe. Murangwa Eugene, wahoze akinira Rayon Sports ndetse akagira uruhare rukomeye mu kuyiharurira inzira mu bihe bikomeye, ari mu bashyizwe muri iyi komite mu rwego rwo kongerera ikipe imbaraga zituruka ku…

Soma inkuru yose

Barcelona ikomeje kwigaragaza, isubira ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Atletico Madrid 3–1

FC Barcelona yakomeje kugaragaza ubushongore nubukaka muri La Liga nyuma yo gutsinda Atletico Madrid ibitego 3–1, umukino wabereye kuri Estadio Olímpic Luís Companys ukaba wasize ikipe ya Hansi flick yongera kwicara ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo. Ni intsinzi ifite uburemere bukomeye kuko ije mu gihe Atletico yari imaze imikino 13 idatsindwa, igaragara nk’ikipe…

Soma inkuru yose

FERWAFA, FIFA Partner to Develop Four Modern Artificial Pitches Across Rwanda

The Rwanda Football Federation (FERWAFA), in collaboration with FIFA through its FIFA Forward Programme, has embarked on an ambitious nationwide infrastructure project to develop four state-of-the-art artificial football pitches. The project, implemented jointly with respective districts, marks a significant milestone in the country’s continued investment in modern sporting facilities and grassroots football development. According to…

Soma inkuru yose

Ibitego ni Impano Twabihereye —Umutoza wa Etincelles Asobanura Impamvu APR FC yabatsinze

Umukino wahuje APR FC na Etincelles FC wasize byinshi bivugwa, ariko cyane cyane amagambo y’umutoza wa Etincelles, wasobanuye mu buryo butunguranye ko ibitego ikipe ye yatsinzwe ‘ari kado’, mu gihe we ari mu rugendo rwo kubaka ikipe nshya ishingiye ku rubyiruko. Ni imvugo yerekanye icyerekezo cye, ariko nanone ishimangira intera ikiri hagati y’aya makipe yombi…

Soma inkuru yose

Ishema ry’u Rwanda: Habumugisha Ahawe Kuyobora Final Ikomeye ya CECAFA U17

Mu gihe umupira w’amaguru mu karere k’Iburasirazuba ukomeje gutera imbere no guha urubyiruko amahirwe yo gukina ku rwego rwo hejuru, u Rwanda rubonye undi muhamya w’ubunyamwuga n’icyizere rukomeje guhabwa mu rwego rw’abasifuzi. Bwana Habumugisha Emmanuel, umwe mu basifuzi bakiri bato ariko bafite ibigwi mu Rwanda, yatorewe kuyobora umukino wa nyuma wa CECAFA U17, ugiye guhuza…

Soma inkuru yose

Ku Munota wa 89! Gorilla FC Yahaye isomo Al Merreikh, Mbemba Aha icyuho Gorilla fc

Umukino w’umunsi wa 9 wa Rwanda Premier League wabereye kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2025 wasize abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda banyuzwe n’intsinzi y’igitangaza ya Gorilla FC, itsinze Al Merreikh igitego 0-1 mu minota ya nyuma y’umukino, mu buryo bw’umwihariko n’ubw’umubare muto w’amakipe babasha kubyitwaramo neza. Ni umukino watangiye mu buryo bwihuse, aho Al Merreikh…

Soma inkuru yose

Nyuma y’Imikino 3 Idatsinda Kiyovu Sports Yinyaye mu isunzu.

Kiyovu Sports yongeye kugarura icyizere mu bafana bayo nyuma y’imikino itatu idatsinda, itsinda Gorilla FC igitego 0–1 mu mukino ukomeye wabereye kuri Stade pele (Kigali i Nyamirambo) . Ni intsinzi ifatwa nk’intsinzi y’agaciro kanini kuko ije mu gihe abanya-Kiyovu bari batangiye kugira impungenge ku musaruro w’ikipe yabo mu mikino iheruka. Umukino watangiye utuje kumpande zombi…

Soma inkuru yose

AS Kigali Yamaganye Abanyamuryango Bashyizeho Ubuyobozi Bushya mu buryo Butemewe n’Amategeko

Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025, ikipe ya AS Kigali yasohoye itangazo rikomeye ryamaganira kure ibikorwa by’abanyamuryango bake bivugwa ko bashyizeho ubundi buyobozi bushya bw’iyi kipe mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ubuyobozi bwemewe bwa AS Kigali, buyobowe na Dr. Rubagumya Emmanuel, bwatangaje ko ibikorwa by’abo banyamuryango nta shingiro bifite kandi ko bigomba guhita bihagarikwa. Muri iri…

Soma inkuru yose