Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

Rutsiro FC ihagaritse urugendo rwa Al Hilal SC idatsindwa

Ikipe ya Rutsiro FC yakoze amateka muri Rwanda Premier League itsinda Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino Al Hilal SC yari yayakiriyemo wabereye kigali pele stadiumu.wari urimo ishyaka, ubuhanga n’amarangamutima menshi, ihagarika urugendo rwa Al Hilal SC yari imazemo imikino myinshi idatsindwa muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mukino wabereye ku kibuga cya Al Hilal…

Soma inkuru yose

Bugesera fc yahaye isomo Rya Ruhago Rayon sport iyibutsa ko nayo ibyabaye itabyibagiwe

Mu mukino w’amatsiko wakiniwe kuri stade ya Bugesera, ikipe ya Bugesera FCyahaye isomo ikipe ya Rayon Sports iyitsinda nagasuzuguro kenshi 2-1,ni nimugihe abafana ba Rayon sport murera bari batambukije ubutummwa bavuga ko ibyabaye ubushize batabyibagiwe, nyamara kandi ikipe ya bugese nuko yari yarayitsinze 2-1 ubushize maze abafana ba murera batera amabuye , nanone yongeye irayisubira…

Soma inkuru yose

AL HILAL YANDIKIYE CAF ISABA GUHINDURA IKIBUGA CY’IMIKINO YA CHAMPIONS LEAGUE

Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudan iri mu bihe bikomeye nyuma y’uko itanze ubusabe bushya ku Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) isaba ko imikino yayo ya CAF Champions League yakwakirirwa muri Libya, aho gukomeza gukoresha Stade Amahoro i Kigali. Amakuru aturuka mu nzego zayo za siporo yemeza ko iki cyemezo gishingiye ku…

Soma inkuru yose

Al Ahly, ES Tunis, Zamalek… bose i Kigali! U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rikomeye rya Volleyball

Kigali yongeye kwerekana ko ari umujyi wiyubatse kandi ushobora kwakira amarushanwa akomeye ku mugabane, nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda (FRVB) ku bufatanye n’Ishyirahamwe rya Volleyball rya Afurika (CAVB) ritangaje ko Africa Men’s Club Championship 2026 izabera mu Rwanda kuva tariki ya 20 Mata kugeza ku ya 3 Gicurasi 2026. Ni inkuru yanejeje abakunzi…

Soma inkuru yose

RPL na Prostar Sports mu masezerano y’imyaka 3

Rwanda Premier League yatangaje ko yinjiye mu bufatanye bw’imyaka itatu na Prostar Sports International, bugamije kugeza ku Rwanda imipira yemewe n’uruhare mpuzamahanga izajya ikoreshwa mu mikino yose ya shampiyona guhera mu 2026. Ni ubufatanye bwitezweho kuzamura urwego rw’umukino w’amaguru no kunoza uburyo amarushanwa ategurwa. Iri tangazo ryasohotse ku wa 9 Ukuboza 2025, rivuga ko Prostar…

Soma inkuru yose

Al Hilal SC Yisubije Igitinyiro Itsinda Mukura VS

Al Hilal SC yigaranzuye Mukura Victory Sports muri Rwanda Premier League nyuma yo gutwara amanota atatu yuzuye mu mukino w’umunsi wahuje aya makipe, itsinda 2-0 mu buryo bugaragaza imbaraga n’imyitwarire ya tekinike. Uyu mukino waranzwe n’intensité yo ku rwego rwo hejuru, ariko Al Hilal yerekanye ubushobozi n’ubukana nk’ikipe iri mu cyerekezo cyiza. Igitego cya mbere…

Soma inkuru yose

Police FC ninde uzayihagarika ? :Police FC igumye ku isonga nubwo yanganyije na APR FC

None kuwa 06 ukuboza kuri Pele stadium Habereye umukino wumunsi wa 10 wa championa ya Rwanda premier league , Numukino wahuzaga APR FC na Police FC umukino witabiriwe nabafana benshi yaba kuruhande rwa APR FC no kuruhande rwa police doreko igice cya kabiri kirangiye abafana bakinjira muri stade. Uyu mukino waranzwe nimbaraga nyinshi ndetse nishyaka…

Soma inkuru yose