Kagame Yubaka Guverinoma Nshya: Impinduka Zigaragaza Icyerekezo Gishya cy’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakoze impinduka zikomeye kandi zidasanzwe muri Guverinoma , mu cyerekezo gisa n’icyo kongera imbaraga mu nzego z’ingenzi z’ubuhinzi, ubworozi, dipolomasi ndetse n’umutekano. Nubwo irisimburana by’abayobozi riri mu muco wa buri gihugu cyifuza imikorere myiza, uburyo izi mpinduka zakozwe n’abazigiyemo byahaye benshi icyizere ko u Rwanda ruri kwinjira mu cyiciro gishya cy’imiyoborere ishingiye…

Soma inkuru yose

Tity Yatunguye Police ku Munota wa 90! Lague Ahatakariza Amanota Atatu

Umunsi wa 9 wa Rwanda Premier League wabereye ku kibuga cya Pele stadium akaba ari police yari yakiye Mu Police FC ku wa 30 Ugushyingo 2025 wasize inkuru y’umukino ishariza amarangamutima, ubwo Police FC yanganyaga na Musanze FC igitego 1-1 mu buryo bw’igitangaza, umukino wagaragayemo ubuhanga bw’abakinnyi babiri bari ku rwego rwo hejuru: Byiringiro Lague…

Soma inkuru yose

Imyidagaduro mu Rwanda Amagambo akomeye, amarira n’ibyishimo byaranze ibyamamare mu Ugushyingo 2025

2025 Ukwezi kwa Ugushyingo 2025 kwaranzwe n’inkuru zikomeye mu ruganda rw’imyidagaduro: guhinduka kw’imibereho, ibikomere by’urukundo, ibyishimo byo guhinduka mu buzima bw’iyobokamana, ibibazo by’amategeko n’ibirori by’urukundo byasize benshi batunguwe.Ishimwe Vestine yavuze amagambo akomeye y’ubuzima bwe bw’imbereKu wa Kabiri tariki 18 Ugushyingo 2025, Ishimwe Vestine yanditse amagambo yaremereye benshi umutima, avuga ko ari mu bihe bikomeye bitari…

Soma inkuru yose

Ku Munota wa 89! Gorilla FC Yahaye isomo Al Merreikh, Mbemba Aha icyuho Gorilla fc

Umukino w’umunsi wa 9 wa Rwanda Premier League wabereye kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2025 wasize abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda banyuzwe n’intsinzi y’igitangaza ya Gorilla FC, itsinze Al Merreikh igitego 0-1 mu minota ya nyuma y’umukino, mu buryo bw’umwihariko n’ubw’umubare muto w’amakipe babasha kubyitwaramo neza. Ni umukino watangiye mu buryo bwihuse, aho Al Merreikh…

Soma inkuru yose

Guverinoma yatangaje ibyemezo bishya bihindura ingendo, inoti n’imiterere y’ikirere

Kuwa 28/11/2025 Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika, yemeza imyanzuro ikomeye igamije kunoza imitangire ya serivisi, guteza imbere imibereho y’abaturage no gukomeza urugendo rwo kurengera ibidukikije. Mu byemezo byafashwe, harimo uburyo bushya buvuguruye bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, ikurwaho ry’inoti zimwe na zimwe zishaje, ndetse n’ingamba nshya z’igihugu zigamije guhangana n’imihindagurikire…

Soma inkuru yose

President Kagame Clarifies Rwanda–Arsenal Partnership Exit, Dismisses External Pressure Claims

President Paul Kagame has dismissed suggestions that Rwanda’s decision to end its high-profile partnership with English Premier League club Arsenal is linked to pressure from European states or the Democratic Republic of Congo (DRC). Speaking during a national address, Kagame emphasized that the conclusion of the “Visit Rwanda” branding deal stemmed solely from Rwanda’s internal…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame Ati: “Aribishoboka , Insengero Zose Nazifunga!

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yongeye kugaruka ku kibazo cy’imikorere y’amwe mu nsengero n’uruhare zigira mu mibereho y’Abanyarwanda, agaragaza ko hari aho zigaragara zidahuza n’intego yo guteza imbere umuryango nyarwanda. Mu butumwa bwe, Umukuru w’Igihugu yavuze ko hari imyumvire ikwiye guhinduka, abantu bagakuramo ibitekerezo bisigaye byaracengejwe na kolonialisme, bikadindiza iterambere ryabo n’iry’igihugu….

Soma inkuru yose

Nyuma y’Imikino 3 Idatsinda Kiyovu Sports Yinyaye mu isunzu.

Kiyovu Sports yongeye kugarura icyizere mu bafana bayo nyuma y’imikino itatu idatsinda, itsinda Gorilla FC igitego 0–1 mu mukino ukomeye wabereye kuri Stade pele (Kigali i Nyamirambo) . Ni intsinzi ifatwa nk’intsinzi y’agaciro kanini kuko ije mu gihe abanya-Kiyovu bari batangiye kugira impungenge ku musaruro w’ikipe yabo mu mikino iheruka. Umukino watangiye utuje kumpande zombi…

Soma inkuru yose

Pappy Nesta na Djihad mu Maboko ya RIB: Dosiye Yampano Irushijeho Gukaza umurego

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze abandi bantu babiri bakekwaho uruhare mu gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ya Yampano, amashusho akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga no gutera impaka mu baturage. Aba batawe muri yombi ni Cyprien Uzabakiriho, uzwi nka Djihad, na Kwizera Nestor, wamamaye ku izina rya Pappy Nesta Nesta. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira…

Soma inkuru yose

AS Kigali Yamaganye Abanyamuryango Bashyizeho Ubuyobozi Bushya mu buryo Butemewe n’Amategeko

Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025, ikipe ya AS Kigali yasohoye itangazo rikomeye ryamaganira kure ibikorwa by’abanyamuryango bake bivugwa ko bashyizeho ubundi buyobozi bushya bw’iyi kipe mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ubuyobozi bwemewe bwa AS Kigali, buyobowe na Dr. Rubagumya Emmanuel, bwatangaje ko ibikorwa by’abo banyamuryango nta shingiro bifite kandi ko bigomba guhita bihagarikwa. Muri iri…

Soma inkuru yose