Mucyo Felicien

RIB yafashe abantu bakubise umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, rwatangaje ko rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge. Abo bafashwe ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo ikiri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Uyu muturage yagaragaye mumashusho…

Soma inkuru yose

Ngororero: Gitifu ashinjwa gukubita umuturage kugeza avunitse

Mu Murenge wa Gatumba , Akarere ka Ngororero, haravugwa ikibazo gikomeye aho umuturage ashinja Gitifu w’Akagari ka Kamasiga kumukubitira mu biro bikamuviramo kuvunika ukuboko, mu gihe Gitifu we avuga ko ari uwo muturage wamusanze akamuzanaho urugomo. Uwo muturage avuga ko yageze ku biro by’akagari asaba serivisi zisanzwe, ariko aho kuyihabwa, umuyobozi w’akagari yamusagaririye aramukubita, kugeza…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose

Impanuka ikomeye i Nyakabanda ngicyo icyayiteye Mwijambo ry’umuvugizi wa police ishami ryo mumuhanda

Ku itariki ya 24 Nzeri 2025, mu Murenge wa Nyakabanda,akagali ka Nyakabanda I, Umudugudu wa akinkware habereye impanuka ikomeye y’imodoka ubwoko bwa payasi yavaga munshe zo kuri baoba imanuka yarengeje umuvuduko, bikaba byateje umutekano mucye ku muturage uturiye umuhanda kuko imodoka ya poromotse ikagenda no munzu ngo pi, iciye mugisenge cyiyonzu. Umuvugizi wa Polisi y’u…

Soma inkuru yose

Byinshi utaruzi kugakingirizo”U Rwanda kuwuhe mwanya mugukoresha agakingirizo?”

Udukingirizo ni kimwe mu bikoresho by’ingenzi mu kurwanya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gukumira inda zitateguwe. Ku isi hose, udukingirizo dukomeje gufatwa nk’imbarutso y’ubuzima rusange no guteza imbere iterambere ry’imiryango. Agakingirizo ka mbere kakoreshejwe mu kinyejana cya 16 mu Butaliyani, gakorwa mu ruhu rw’amatungo, mu 1920 havumburwa agakingirizo ka latex gakoreshwa kugera magingo aya….

Soma inkuru yose

Uruganda rwa Hakan Peat to Power Plant Rwitezweho guhindura ubukungu bwa Gisagara

Gisagara – Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva, yakomeje uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo asura uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri, ruzwi nka Hakan Peat to Power Plant, rufite ubushobozi bwo gutanga megawati 80. Uru ruganda, ruherereye mu gace k’Uruzi rw’Akanyaru mu Karere ka Gisagara, rutekerejwe nk’igikorwa cy’ingenzi mu rwego rwo kongera ingufu z’amashanyarazi mu gihugu. Ni…

Soma inkuru yose

Mu myaka 12 Abari hanze y’ubukungu bagabanutseho hafi 35%

Mu gihe cy’imyaka 12 ishize abari bafite uruhare mu bikorwa by’ihangwa ry’ubukungu bari bake cyane, imibare mishya y’ibarura ry’abaturage n’imiturire yerekanye intambwe idasanzwe igihugu cyateye mu guhindura ishusho y’ubukungu. Mu 2012, byagaragazwaga ko abaturage 68% bari hanze y’ubukungu buva mu musaruro (money economy), mu gihe 32% gusa aribo bari binjiye mu bikorwa bifatika byinjiza amafaranga….

Soma inkuru yose

Trump narangiza intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, nzamushyigikira ku gihembo cya Nobel

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko mu gihe uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaba abashije kurangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bwa Congo, azaba uwa mbere mu gushyigikira ko ahabwa igihembo cy’amahoro ku Isi kizwi nka Prix Nobel. Tshisekedi yavuze…

Soma inkuru yose

Intambara ikomeje kwaka mu Burasirazuba: Nimugihe FARDC yo yerekanye abakomando bayo

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Abakomando b’Igisirikare cy’igihugu (FARDC) bazwi nka “Tigres” biyerekanye mu mujyi wa Bunia, bakoresha moto mu kugaragaza ubwirinzi n’ubutwari. Ibi bikorwa byabaye nyuma y’uko basoje imyitozo yihariye yiswe “Commando Wewa”, igamije kongera ubushobozi bwabo mu guhangana n’ibibazo by’umutekano bikomeje guca…

Soma inkuru yose

CCM mu rugendo rwo kongera kwiyegereza abaturage ba Ruvuma

Ku wa 22 Nzeri 2025, Ishyaka riri kubutegetsi rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryakoze mitingi ikomeye y’ubukangurambaga mu rwego rw’amatora iyo mitingi yabereye muri Manispala ya Songea, mu Ntara ya Ruvuma. Iyo mitingi yitabiriwe n’imbaga y’abaturage ibihumbi hamwe n’abayobozi batandukanye ba CCM ndetse numuhanzi Diamond Platnum uzwi cyane nkicyamamare mumugabane wa Africa ndetse no ku…

Soma inkuru yose