Mucyo Felicien

Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda

Kigali – Kuri uyu wa kabiri nimugoroba, Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Nyakubahwa Aurélie Royet-Gounin, mu ruzinduko rwo gushimangira umubano rwabereye ku cyicaro cya Minisiteri abereye umuyobozi. Ibi biganiro byabaye mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye n’ubuhahirane hagati ya Leta y’u Rwanda n’u…

Soma inkuru yose

Abadepite bashimye intambwe MINALOC iri gutera mu kunoza serivisi

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yagaragaje ko yanyuzwe n’ibisubizo byatanzwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ku bibazo byagaragaye mu mitangire ya serivisi zitangwa n’inzego z’ibanze, zirimo izijyanye n’irangamimerere, ubutaka n’izikoresha ikoranabuhanga. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa kabiri ubwo Minisitiri Habimana yitabaga Inteko Rusange kugira ngo asobanure ibyagaragajwe mu isuzuma ry’imikorere y’inzego zegerejwe abaturage, hagamijwe kureba…

Soma inkuru yose

Amasomo mashya y’ubuyobozi agiye gushyirwa mu nteganyanyigisho y’Ishuri rya Gisirikare rya Nyakinama

Uyu munsi mu Karere ka Musanze, Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya RDF ryigisha Ofisiye bakuru riri Nyakinama, Brig Gen Andrew Nyamvumba, yafunguye ku mugaragaro inama yo kwemeza no gutangiza amasomo mashya ajyanye n’ubuyobozi ku rwego rwo hejuru yenda kwinjizwa mu nteganyanyigisho y’iri shuri vuba bidatinze. Iyi nama ifite intego yo gushyigikira gahunda yo kuzamura ireme…

Soma inkuru yose

Impanuka yabereye mu Murenge wa Gacurabwenge yahungabanyije urujya n’uruza rw’imodoka mu muhanda Kigali–Muhanga

Kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Karere ka Kamonyi, habereye impanuka y’imodoka hafi y’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, ihungabanya cyane urujya n’uruza rw’ibinyabiziga mu muhanda munini uhuza Kigali na Muhanga. Amakuru aturuka kuri police y,Igihugu ahabereye impanuka avuga ko imodoka ebyiri zagonze zituranye , bituma police iba ifunze umuhanda byagateganyo…

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas batangiye urugendo rwa mbere rwa Canada – “Yebo Tour” igiye guhindura amateka!

Abahanzikazi b’abanyempano mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, berekeje muri Canada ku nshuro ya mbere aho bagiye gukora ibitaramo byiswe “Yebo Tour Canada 2025”, byitiriwe indirimbo yabo ikunzwe cyane yitwa “Yebo”, yashimangiye izina ryabo mu muziki wa Gospel mu Rwanda no mu Karere. Aba bahanzikazi, bakomeje kuzamura ibendera ry’umuziki wo kuramya no guhimbaza…

Soma inkuru yose

Peresida Evaliste Ndayishimiye yagaragaye mu muhango wo Kwibuka Umuganwa Rudoviko Rwagasore

Kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, Abanyagihugu b’i Burundi bibuka imyaka 64 ishize Intwari yubwigenge, Umuganwa Rudoviko Rwagasore aguye urw’abagabo. Yishwe ku wa 13 Ukwakira 1961 i Bujumbura, nyuma y’iminsi mike atsindiye amatora yo kuba Minisitiri w’Intebe w’igihugu cyari kigiye kubona ubwigenge. Uyu munsi wo kwibuka ufite agaciro gakomeye mu mateka y’Uburundi, kuko ushimangira ubutwari…

Soma inkuru yose

Denolly na Steiner bahuruje ibyamamare muri siporo n’ubucuruzi ku mukino wa nyuma wa Rwanda Open M25

Ku bibuga bya Tennis bya IPRC Kigali, hasojwe icyumweru cya mbere cy’irushanwa rya “Rwanda Open M25”, ryahuje ibyamamare bitandukanye mu miyoborere, siporo n’ubucuruzi by’u Rwanda. Abarimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, Umuyobozi Mukuru wa TG Automobile Technology, Wang Yu, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Tennis mu Rwanda (RTF), Karenzi Théoneste, ndetse na…

Soma inkuru yose

Kigali: Umujyi w’Isuku n’Iterambere Rigaragaza Isura Nshya ya Afurika

Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, imaze kumenyekana ku isi yose nk’umujyi w’isuku, Umutekano n’iterambere. Ariko icyo benshi batamenya ni uko Kigali itarangwa gusa n’isuku iboneka ku maso, ahubwo inahagarariye isura nshya y’imibereho myiza yabayituye, ikoranabuhanga n’imiyoborere igezweho muri Afurika. Iyo ugeze muri Kigali, uba winjiye mu mujyi utuje ariko ugezweho, aho buri kantu kose gafite…

Soma inkuru yose

Siporo y’amagare ikomeje kumurika u Rwanda Nyuma ya Tour du monde ubu hagezweho Kirehe Race 2025

Kirehe Race irushanwa Ryatangijwe nakarere kakirehe murwego rwo kuzamura umukino wamagare ndetse nimpano zabanyarwanda kubakinnyi bamagara, iri rushanwa rije risanga tour du Rwanda , ayamarushanwa icyo ahuriyeho yose nuko yose ari amarushanwa afite imbaraga kandi ahuriramo abanyamahanga kandi intego yayo nimwe nukuzamura ubukerarugendo mugihugu no kuzamura igare Umunya-Espagne Alejandro Gainza Rodriguez, ukinira ikipe ya May…

Soma inkuru yose

Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, yiteguye guhangana na Bafana Bafana

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yamaze kugera muri Afurika y’Epfo aho igiye gukina umukino ukomeye n’ikipe y’Igihugu y’aho, Bafana Bafana, mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 (#WCQ2026) aha ni nyuma yuko amavubi yari amaze umunsi umwe akinnye atsindiwe iwabo kumunsi wejo hashize taliki ya 10/10/2025 nikipe yigihugu ya Benin. Urugendo rw’Amavubi rwagenze…

Soma inkuru yose