Perezida Kagame yakiriye abaminisitiri bashya basezeranya gukorera Abanyarwanda ubunyangamugayo n’umurava

Kuri uyu wa Mbere mu masaha ya nimugoroba, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yayoboye umuhango w’irahira ry’abaminisitiri bashya baherutse kugirirwa icyizere mu mirimo mishya. Abo barahiriye ni Juvenal Marizamunda wagizwe Minisitiri w’Ingabo, Consolée Uwimana wagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, ndetse na Yves Iradukunda wagizwe Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga…

Soma inkuru yose