FIFA yashyizeho ibihano byo kudasinyisha abakinnyi bashya ku makipe menshi yo muri Afurika
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryatangaje ivugururwa ry’ibihano byo ku isoko ry’igura n’igurisha (transfer ban), aho amakipe menshi yo ku mugabane wa Afurika yabujijwe kwandikisha abakinnyi bashya kubera amakimbirane ajyanye n’imyenda itarishyuwe. Nk’uko bigaragara ku makuru yashyizwe hanze, aya makipe ari mu bihano kubera kutuzuza inshingano zo kwishyura amafaranga arebana n’abakinnyi cyangwa abandi bafatanyabikorwa…
