FERWAFA YATANZE IKIZERE CY’IKORESHWA RYA VAR MU MIKINO YO MU RWANDA

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), aherutse gutangaza ko hari amahirwe menshi y’uko mu gihe cya shampiyona gitaha hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga ryo gusubiramo amashusho, rizwi nka VAR (Video Assistant Referee). Ni amakuru yakiranywe ibyishimo n’abakunzi b’umupira, cyane cyane abafana b’imikino yo mu gihugu,abatoza, ndetse namakipe bamaze igihe basaba ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu rwego rwo kugabanya…

Soma inkuru yose