Indirimbo za Bruce Melodie Zimeze nk’Amashusho y’Urukozasoni,Kubazumva ,Abazireba Bibasigara mu Ntekerezo

Umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu mitima y’Abanyarwanda ndetse no hanze y’u Rwanda, uzwiho impano yo kuririmba, kwandika no gutunganya ibihangano, Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akomeje kwigaragaza nk’umuhanzi udasanzwe mu muziki nyarwanda. Uretse impano yo kuririmba, benshi banemeza ko afite n’ubuhanga bwo kuganira neza no gutera urwenya, bikamwongerera igikundiro mu bafana Ibi byose…

Soma inkuru yose

THE BEN NA BRUCE MELODIE BANDITSE AMATEKA MASHYA MU MYIDAGADURO NYARWANDA BINYUZE MU KIGANIRO CYABEREYE MURI KIGALI CAR FREE ZONE

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025, mu mbuga ngari z’Umujyi wa Kigali zizwi nka Kigali Car Free Zone hatangiriye urugendo rushya rwo kwandika amateka akomeye mu myidagaduro nyarwanda, binyuze mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bakomeye The Ben na Bruce Melodie.Guhera ahagana saa sayine za mu gitondo (10:00 AM), abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, abakora…

Soma inkuru yose

Bombori Bombori Zirarangiye Hagati ya The Ben na Bruce Melodie Biyemeje Amahoro 2026

Nyuma y’impaka nyinshi no gupingana kwabaye hagati y’abafana babo ndetse n’abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie bafashe icyemezo cyo kubishyiraho iherezo, nubwo byatwaye igihe kirekire.Izi mpaka zatangiye hashize imyaka igera kuri itandatu, ubwo ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hatangiraga kwibazwa umuhanzi ukwiye gusimbura Meddy, wari umaze gusezera ku muzika w’isi akerekeza ku muzika…

Soma inkuru yose