NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose