Ahari amateka hasigaye ivumbi: Igice cyamateka Cya white House cyashyizwe hasi.

Amakuru aturuka i Washington D.C. yemeza ko igice cy’Iburasirazuba gikunzwe kitwa (East Wing) cy’inyubako ya White House cyamaze gushyirwa hasi , mu gihe ibikorwa byo gukuraho ibyasenyutse byatangiye ku mugaragaro kuri uyu wa Kane, nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi ba White House. Uwo muyobozi, utashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko ibikorwa byo gusenya byarangiye…

Soma inkuru yose

Trump narangiza intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, nzamushyigikira ku gihembo cya Nobel

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko mu gihe uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaba abashije kurangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bwa Congo, azaba uwa mbere mu gushyigikira ko ahabwa igihembo cy’amahoro ku Isi kizwi nka Prix Nobel. Tshisekedi yavuze…

Soma inkuru yose