Denolly na Steiner bahuruje ibyamamare muri siporo n’ubucuruzi ku mukino wa nyuma wa Rwanda Open M25

Ku bibuga bya Tennis bya IPRC Kigali, hasojwe icyumweru cya mbere cy’irushanwa rya “Rwanda Open M25”, ryahuje ibyamamare bitandukanye mu miyoborere, siporo n’ubucuruzi by’u Rwanda. Abarimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, Umuyobozi Mukuru wa TG Automobile Technology, Wang Yu, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Tennis mu Rwanda (RTF), Karenzi Théoneste, ndetse na…

Soma inkuru yose