Police y’URwanda yatangaje ko yamaze gufata abagize uruhare mu gikorwa cy’ubunyamaswa mu Karere ka Nyarugenge, Mukagali ka Rwampara

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye ibikorwa byo gushakisha abakekwaho gukubita no gukomeretsa umuturage mu Kagari ka Rwampara, Umurenge wa Nyarugenge, aho amashusho yabigaragazaga yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga. Mu itangazo rya mbere ryasohowe, Polisi y’u Rwanda yavuze ko umwe mu bakekwaho icyo gikorwa yari amaze gufatwa,…

Soma inkuru yose