Perezida Kagame yohereje mu ngabo z’u Rwanda Ofisiye bashya barenga 1000 barangije amasomo i Gako

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze kuri Rwanda Military Academy – Gako, aho yayoboye umuhango wo gusoza amasomo no guha ipeti abasirikare bashya barenga 1000 baturutse mu byiciro bitatu by’amahugurwa y’Ofisiye. Aba basirikare barangije amasomo mu byiciro bitandukanye birimo: 06/20 Long, aho abanyeshuri barangije amasomo y’imyaka ine ahuriza hamwe amasomo ya Kaminuza ku…

Soma inkuru yose