Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

BULL DOG Ashimangira ko Abaraperi Bakiri Bato Bari Kuzamura no Guhindura Isura ya Hip Hop Nyarwanda

Ejo hashize ku wa 03 Gashyantare 2026, kuri Mundi Center, inyubako iherereye mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Mic Tribe Season 3, giteganyijwe kuba ku wa 07 Gashyantare 2026 Iki kiganiro cyahuje abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo gifite umwihariko wo kwibanda kuri Hip Hop, kuko kizitabirwa n’abaraperi…

Soma inkuru yose

RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME

Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…

Soma inkuru yose

Amatwî atumva ntiyigira: Menya byinshi utaruzi mugusomana ibyiza byabyo.

Ubushakashatsi bwinshi mu by’ubuzima bugaragaza ko Gusomana bigira uruhare runini mu mikorere y’ubwonko n’imibereho rusange y’umuntu. Ifoto iri kwifashishwa muri iyi nkuru igaragaza uko kurya bigira ingaruka nziza ku bwonko, bigatuma harekurwa imisemburo y’ingenzi ifasha umuntu kumva ameze neza haba mu mubiri no mu mitekerereze. Mu misemburo igira uruhare rukomeye harimo dopamine, oxytocin na serotonin,…

Soma inkuru yose

FIFA yashyizeho ibihano byo kudasinyisha abakinnyi bashya ku makipe menshi yo muri Afurika

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryatangaje ivugururwa ry’ibihano byo ku isoko ry’igura n’igurisha (transfer ban), aho amakipe menshi yo ku mugabane wa Afurika yabujijwe kwandikisha abakinnyi bashya kubera amakimbirane ajyanye n’imyenda itarishyuwe. Nk’uko bigaragara ku makuru yashyizwe hanze, aya makipe ari mu bihano kubera kutuzuza inshingano zo kwishyura amafaranga arebana n’abakinnyi cyangwa abandi bafatanyabikorwa…

Soma inkuru yose

Intangiriro Mbi za 2026 Muri Rayon Sports n’Abafana Bayo Bugarijwe n’Agahinda

Hari ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, ku munsi usanzwe nk’indi minsi yose, aho benshi mu basenga bari bavuye mu Isabato, saa 18:30 nibwo umusifuzi yahushye mu ifirimbi atangiza umukino wa Super Cup 2025/2026 wahuje amakipe abiri akomeye mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports Uyu mukino wabereye kuri Sitade Amahoro, wari witabiriwe…

Soma inkuru yose

SHEMA Fabrice amuritse logo nshya ya rwanda women’s super league

none taliki 9 mutarama Umuyobozi wa ferwafa amuritse kumugaragaro rwanda women’s super league aho avuze kuri super cup izajya ihuza abagore ndetse no guteza imbere umupira wabagore, ikindi nuko avuze kuri supe cup izaba ejo kuwa 10 mutarama aho avuze ko tuzakira icyamamare kw’isi kurukuta rwa you tube mugihe hazaba hari gukurikirana hagati mumukino Ikindi…

Soma inkuru yose

Indirimbo za Bruce Melodie Zimeze nk’Amashusho y’Urukozasoni,Kubazumva ,Abazireba Bibasigara mu Ntekerezo

Umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu mitima y’Abanyarwanda ndetse no hanze y’u Rwanda, uzwiho impano yo kuririmba, kwandika no gutunganya ibihangano, Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akomeje kwigaragaza nk’umuhanzi udasanzwe mu muziki nyarwanda. Uretse impano yo kuririmba, benshi banemeza ko afite n’ubuhanga bwo kuganira neza no gutera urwenya, bikamwongerera igikundiro mu bafana Ibi byose…

Soma inkuru yose

Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose