ARIEL WAYZ NA BABU BAGARUTSE MU MUZIKI NYUMA YO KUVA REHABILITATION CENTER.
Abahanzi babiri bakomeye mu muziki nyarwanda, Ariel Wayz na Babu, bagarutse mu ruhando rw’imyidagaduro nyuma y’igihe bari bamaze mu kigo ngororamuco (rehabilitation center) aho bari barajyanywe gukurikiranwa no gufashwa gusezerera ingeso yo gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi byamamare byari bimaze igihe bitagaragara ku rubyiniro ndetse bikomeje gutera impaka hagati y’abafana n’abakurikiranira hafi impinduka zigenda zibera mu muziki…

