Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose

🏆 Imikino yahuje APR FC na Rayon sport muri super cup

Super Cup ni igikombe gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda, ihuza ikipe yegukanye shampiyona n’iyatwaye Igikombe cy’Amahoro, cyangwa se ikipe yihariye ibikombe byose muri season ishize. Igakina Niyayiguye muntege Uyu mukino uba ari ikimenyetso cy’uko umwaka mushya w’umupira w’amaguru utangiye, ukaba n’igihe cyo gupima imbaraga z’amakipe akomeye kurusha ayandi. Mu Rwanda, nta yindi Super Cup ikurura…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yeretse umuryango rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata umwanzuro wo kudahereza amasezerano rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed, wari umaze iminsi akorera igeragezwa (test) muri iyi kipe ikunzwe n’abafana benshi mu Rwanda. Nyuma yo gusuzuma urwego rwe mu myitozo n’uko yitwaye mu bihe bitandukanye by’igeragezwa, ubuyobozi n’abatoza ba Rayon Sports basanze atujuje ibisabwa kugira ngo agume muri…

Soma inkuru yose

Abakeba barahinda umushyitsi! MURERA yazanye Umunya-Misiri na Rutahizamu w’Umunya-Uganda

Ikipe ya Rayon Sports (MURERA) yiteguye kwinjira mu mwaka w’imikino iri gutanga ubutumwa bukomeye ku bahanganye na yo, aho bigaragara ko uyu mwaka ushobora kuba mahwi ukanaba mubi ku makipe menshi bizahura. Nyuma yo gukomeza kwiyubaka ku rwego rw’ubuyobozi n’abakinnyi, MURERA noneho yatangiye no gutunganya neza urwego rw’ubutoza, ibintu byakunze kuyigora mu bihe byashize. Amakuru…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

Rayon Sports Itegerejweho Imodoka Nshya: Murenzi Abdallah Atangaza Igihe Izagerera mu Rwanda

Rayon Sports iri mu nzira yo kongera kwiyubaka mu buryo burambye, harimo no kuvugurura uburyo bw’imodoka zifasha ikipe mu ngendo z’amarushanwa. Umuyobozi wayo, Murenzi Abdallah, yemeje ko iyi kipe izabona imodoka yayo nshya mu ntangiriro za 2026, keretse habaye impinduka idasanzwe. Murenzi, yavuze ko iyi modoka nshya izaba ari “zero kilometre,” ashimangira ko itazaturuka mu…

Soma inkuru yose

Rayon Sports mu Mpinduka Zikomeye:Murangwa,Gacinya na Prosper mu Buyobozi

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka no gusubizaho imiyoborere itekanye binyuze mu gushyiraho Komite y’inzibacyuho igizwe n’abarimo amazina akomeye mu mateka y’iyi kipe. Murangwa Eugene, wahoze akinira Rayon Sports ndetse akagira uruhare rukomeye mu kuyiharurira inzira mu bihe bikomeye, ari mu bashyizwe muri iyi komite mu rwego rwo kongerera ikipe imbaraga zituruka ku…

Soma inkuru yose

As Kigali yambitse ubusa Rayon sport imbere yabafana bayo

Mu mukino w’uyumunsi wa shampiyona wahuzaga Rayon Sports na AS Kigali kuri iki cyumweru, waranzwe n’umukino urimo imbaraga nyinshi n’ishyaka ku mpande zombi, ariko urangira AS Kigali yegukanye intsinzi yo hanze ku kibuga cya Rayon Sports yari yakiriye itsinze ibitego 2-0. Igitego cya mbere cyatsinzwe ku munota wa 70’ na Nshimiyimana Tharcisse, mu gihe icya…

Soma inkuru yose

APR FC Yihanangirije Rayon Sports Mumukino wabahuje kuruyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu, APR FC yeretse Rayon Sports ko igikomeje kuba ubukombe mu mupira w’u Rwanda, iyitsinda ibitego 3–0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi, wuzura imiryango y’abafana b’impande zombi bari baje gushyigikira amakipe yabo mu buryo bukomeye . APR FC yinjiriye mu mukino iri hejuru…

Soma inkuru yose