Rwanda Land Management and Use Authority yahagaritse ikoreshwa rya ‘procurations’ mu ry’ubutaka

Kigali – Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse burundu ikoreshwa rya procurations (ububasha buhabwa undi muntu ngo akorere nyir’ubutaka ibikorwa byokumuhagararira cyangwa hererekana umutungo ), nyuma yo gusanga ari inzira ikoreshwa n’abantu benshi mu bikorwa by’uburiganya no kwambura abandi ubutaka bwabo. Iyi ngamba ije nyuma y’igenzura ryimbitse ryakozwe n’Ikigo cy’Ubutaka ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose