Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga yatangiriye i Nyanza:Indangamuntu izavuga byose kuri nyirayo

Kuri Sitade ya Nyanza, habereye igikorwa cy’ingenzi ku gihugu ubwo hatangizwaga ku mugaragaro gahunda yo kwemeza imyirondoro no gufotorwa y’abaturage, mu rwego rwo gutegura itangwa rya Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga, izahabwa buri Munyarwanda. Ni gahunda izahindura uburyo igihugu gicunga amakuru y’abaturage, aho buri muntu azahabwa Indangamuntu yifitemo ikoranabuhanga ryisumbuye kuryari risanzwe, ishobora gusomwa ku buryo bwa…

Soma inkuru yose

Ese E-ndangamuntu izahindura uburyo bw’amatora mu Rwanda?;NEC, NIDA na RISA mu biganiro bishya

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ku cyicaro cy’Urukiko rw’Amatora (NEC) habereye inama ikomeye yahuje abayobozi b’inzego eshatu z’ingenzi mu miyoborere no mu ikoranabuhanga mu Rwanda, arizo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) n’Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho no mu Isakazabumenyi (RISA). Iyi nama yari igamije kurebera hamwe uburyo…

Soma inkuru yose