Ngororero: Gitifu ashinjwa gukubita umuturage kugeza avunitse
Mu Murenge wa Gatumba , Akarere ka Ngororero, haravugwa ikibazo gikomeye aho umuturage ashinja Gitifu w’Akagari ka Kamasiga kumukubitira mu biro bikamuviramo kuvunika ukuboko, mu gihe Gitifu we avuga ko ari uwo muturage wamusanze akamuzanaho urugomo. Uwo muturage avuga ko yageze ku biro by’akagari asaba serivisi zisanzwe, ariko aho kuyihabwa, umuyobozi w’akagari yamusagaririye aramukubita, kugeza…

