Nyamasheke: Abanyerondo bafashwe barimo kwiba aho bari bashinzwe gucunga umutekano

Mu gace ka Banda, umurenge wa Rangiro, akarere ka Nyamasheke, habaye ikibazo cyatangaje benshi nyuma y’uko abanyerondo babiri bo mu irondo ry’umwuga bafashwe n’abo bakoranaga barimo kwiba ni mugihe kandi aho bibye ari centre bakoreragamo bashinzwe umutekano wamaduka arimo kandi no kubungabunga umudendezo wiyo centre . Abafashwe ni Ndayishimiye Elie na Dusingizimana Emmanuel, bombi basanzwe…

Soma inkuru yose