Bruce Melodie ashyize hanze indirimbo nshya “Munyakazi” nyuma ya press conference yabereye muri Car Free Zone

Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no mu karere, Bruce Melodie, yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise “Munyakazi”, igiye kwiyongera ku zindi ndirimbo zakunzwe cyane yakoze mu bihe bishize. Iyi ndirimbo yasohotse nyuma y’uko uyu muhanzi ayitangaje ku mugaragaro muri press conference yabereye mu Mujyi wa Kigali, ahazwi nka Car Free Zone ahahurira abantu benshi n’itangazamakuru…

Soma inkuru yose